Muri ya Paruwasi ifite abakristu benshi Umusore yafashwe ahishe Ukarisitiya Ntagatifu ngo ayitahane

Muri Tanzania, mu gace kitwa Ifakara- Morogoro, umusore w’imyaka 19 y’amavuko witwa Enock Masala, yafatanywe Ukarisitiya Ntagatifu, arimo ashaka kuyitahana, kuko yari yanze kuyitamira nyuma yo kuyihabwa mu gihe cyo guhazwa. 

Akimara gufatwa n’abarinda iyo Kiliziya ya Ifakara, ndetse agatangira kubazwa impamvu yamuteye gushaka gutorokana iyo Ukarisitiya Ntagatifu, yavuze ko atari Umugatolika, ko yagiye gufata iyo Ukarisitiya kuko yari abonye abandi bakirisitu batonze umurongo barimo bazihabwa nawe ajya kuyifata, ariko atazi uko uyihawe agomba kwitwara.  

Yavuze ko atari azi ko ari ikosa gutahana Ukarisitiya Ntagatifu ndetse ko atari azi ko umuntu ayibahwa rimwe gusa. 

Abajijwe icyatumye aza mu Kiliziya, akajya no guhazwa kandi atari Umugatolika, ngo yaracecetse, nyuma avuga ko atari azi imihango y’idini Gatolika.  

Gusa Padiri Mukuru wo kuri iyo Kiliziya, Marcus Mirwatu, yamaganye icyo gikorwa cy’uwo musore washatse gutahana Ukarisitiya Ntagatifu ayihishe, ndetse avuga ko ibikorwa by’abantu binjira mu Kiliziya aho, bakibamo ibintu bitandukanye bimaze kwiyongera, harimo abiba ibintu by’agaciro birimo ibikoresho byo gucuranga umuziki, imikeka, Ukarisitiya Ntagatifu, n’ibindi bangiza bitandukanye. 

Muri abo bagiye biba muri iyo Kiliziya mu bihe bitandukanye, ngo harimo abafashwe ndetse bashyikirizwa inkiko, ariko nk’uko Padiri Mirwatu akomeza abivuga, kugeza ubu ngo ntibaramenya icyo abo bantu batari n’Abagatolika baba bagamije iyo binjira mu Kiliziya, bagatwara Isakaramentu.  

Gusa nanone ubu Kiliziya ayoboye ngo ikomeje gukaza ingamba zijyanye no kuyirinda cyane. 

Yagize ati, ”Byaratunaniye kumenya ngo aba bantu batumwa nande gukora ibi bikorwa bibi, ntituzi intego bafite kuri Kiliziya, ku bw’ibyo rero nasabaga ko uwo musore yakomeza agakurikiranwa, hakamenyena impamvu y’ibyo bikorwa yakoze”. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *