Hari amayeri menshi akoreshwa n’abagabo cyangwa abasore bakaba babasha kuganza ibyiyumviro by’abakunzi babo bifashishije kubaza ibibazo bisa n’ibirimo imitego n’amafiyeri umukobwa cyangwa umugore atapfa gutahura bikarangira ashaka ko baryamana mu buryo na we atazi.
Abahanga mu by’imitekererezo bavuga bimwe mu bibazo bishobora kubazwa n’uw’igitsina gabo bikaba nk’uburozi mu mutwe w’umuntu w’igitsina gore.
Wigeze ufata icyemezo cyo gusoma umusore ubitewe n’uko wowe wabyishakiye?
Abagabo benshi batekereza ko aribo bagira amashagaga yo gusaba abagore nyamara n’abagore/abakobwa ubwabo barabyishakira. Iki kibazo rero gituma umukobwa atangira gushaka gukora ibintu nk’ibyo.
Uramutse uhawe amahirwe yo kubona umugabo utambaye bwa mbere, ni he wakwifuza kureba?
Iki kibazo kiza gisa n’urwenya ariko iyo umukobwa yanze kugisubiza umusore ashobora kumusaba gukoresha ibimenyetso by’amaboko agakora aho yahisemo.
Ahantu h’ibanga ushobora gukora ku muhungu agahita ashaka ibintu ni he?
Iki kibazo gituma umukobwa ahindukira ahubwo akakubaza utubazo twinshi tujyanye n’ibyiyumviro byawe by’igitsina. Ibi bituma agenda abishaka gacye gacye.
Wambara iki iyo ugiye kuryama?
Iki kibazo gituma umukobwa atekereza uko aba yambaye kandi akenshi bigahura no guhita atekereza utwambaro dukurura abahungu cyane akunda kwambara iyo agiye kuryama.
Ese ni akahe kambaro uraramo kakurutira indi yose?
Umukobwa ubajijwe iki kibazo atangira kwiyumvisha ko umusore atewe ishema no kuba umukobwa yambara akambaro kamukurura.
Ese wigeze ubona (bikugwiririye cg wabigambiriye) abakunzi bambaye ubusa?
Iki kibazo gituma umukobwa arushaho gushushanya isura we n’umukunzi we baba bafite mu gihe bambaye nk’uko.
Ese ni he ku mubiri wawe hagutera kwifuza kubonana n’umuhungu kurusha ahandi?
Umukobwa asubiza iki kibazo agira ngo mu gihe muzaba muryamanye umusore azamenya aho amukora habasha kugeza ibyishimo bye ku ndunduro. Bituma umukobwa ashushanya uko igikorwa kizamera.
Hari icyo ubutumwa bugufi (sms) bushobora kuguhinduraho ku bijyanye n’ibyiyumviro byawe?
Aha, umukobwa atangira kwibaza utu sms twiza ajya yakira kandi akenshi koko abagore cg abakobwa bakunda ubutumwa bugufi. Musore, uzarebe muri terefoni y’umukunzi wawe uzambwira icyo uzasangamo.
Ese ubona imibonano mpuzandimi (oral s3x) byagushimisha?
Aha umusore ntiyita ku gisubizo ahabwa ahubwo icyo aba agambiriye ni ukwinjiza umukobwa mu ntekerezo z’ibishobora gukorwa mu gihe baryamanye.
Urashaka ko ngusoma?
Birashoboka cyane ko nyuma y’iki kibazo umukobwa yahita asoma umusore.
Ese ubu nanjye mfite umusatsi byambera ? Cyangwa ….?
Umukobwa atangira kwishakamo isura y’umusore afite umusatsi cyangwa ntawo afite. Ibi kandi bikunda kujyana n’uko umusore aba akorakora mu musatsi w’umukobwa.
Ni iki nakora ngo ubashe kujya muri mood (ubishake)?
Amazi yatembye ubu yageze kure. Hano umukobwa aba yamaze kubishaka pe!
Ese ibyo twaganiye byaguteye kwifuza gukora imibonano?
Niba nta kintu kinini umukobwa yahindutseho, uyu niwo mwanya mwiza umusore akoresha wo gutangira gukora ku bice bitandukanye by’umubiri w’umukobwa.
Twasomana?
Noneho se nagukoraho nta kibazo?
Ubwo nawe urumva ko igikorwa kiba kiri bugufi.
Murakaza neza kuri Amazuku Community. kuri uru rubuga nkoranyambaga, Mushobora kuganira n’inshuti (Chat), Gusaba ubushuti (Friend request) mukanazisangiza amafoto na videos ari nako mukorera amafaranga… Mu nkuru zacu zikurikiraho tuzabagezaho ibisabwa byose kugirango umuntu abashe guhembwa akayabo kamafaranga kuri Amazuku. Icyo musabwa ni ukubanza mukiyandikisha mu bambere.
Iyandikishe unyuze hano kandi ntiwibagirwe gusura E-mail yawe kugirango ubashe gukora verification ukanze kuri link wohererezwa na Amazuku kugirango konti yawe yemerwe.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu
Ushobora no kuganira natwe unyuze hano (Ubanza kwiyandikisha kuri uru rubuga nkoranyambaga amazuku.com, aho ushobora no kuganiriraho n’inshuti zawe)
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com