Neymar yahisemo gushyigikira PSG – Avugwa mu binyamakuru ku wa Gatandatu

Mu makuru ari kuvugwa mu binyamakuru uyu munsi, ku wa Gatandatu, turayahera kuri Neymar Jr uri gutekereza gusohoka muri Paris Saint-Germain muri iyi mpeshyi nyuma yo kumenya ko iyi kipe yakwishimira gutandukana na we.

Neymar Jr w’imyaka 30 y’amavuko yageze muri Paris Saint-Germain avuye muri Barcelona mu wa 2017, atanzweho akayabo ka miliyoni £202, ariko kuva yagera mu gihugu cy’Ubufaransa yibasiwe n’imvune cyane.

Paris Saint-Germain yiteguye kumurekura akigendera muri iyi mpeshyi, ariko amakuru dukesha ESPN aravuga ko Neymar nawe yiteguye gusohoka muri iyi kipe. Chelsea yamaze kuvugana n’abahagarariye Neymar kugira ngo bumve igisabwa kugira ngo bamuzane Stamford Brigde.

Amakuru ari kuvugwa mu binyamakuru bitandukanye

Manchester United irenda kwemeranya na Christian Eriksen, ndetse yamaze kumumenyesha ibyo izamuha kugira ngo ayerekezemo nyuma yo gusoza amasezerano yari afitanye na Brentford, byatangajwe na Daily Star.

Chelsea, Paris Saint-Germain na Bayern Munichen ziri kugerageza gusinyisha rutahizamu wa Barcelona, Ousmane Dembele w’imyaka 25 y’amavuko uhari ku buntu nyuma yo gusoza amasezerano ye, byatangajwe na Marca.

Barcelona yafashe umwanzuro wo kudasinyisha Adama Traore wa Wolves bihoraho, nyuma yuko asoje igihe yari yaratijwe muri iyi kipe yo muri Espagne. Barcelona yashoboraga gusinyisha Adama Traore kuri miliyoni 30 z’ama-euro nkuko byari mu masezerano ye, byatangajwe na Sport.

Rutahizamu wa Watford, Emmanuel Dennis w’imyaka 24 y’amavuko ari ku rutonde rw’abakinnyi Everton ishaka gusinyisha kugira ngo isimbuze Richarlison wamaze kwerekeza muri Tottenham aguzwe miliyoni £60, byatangajwe na Evening Standard.

Marco Asensio wa Real Madrid ashobora gusohoka muri iyi kipe muri iyi mpeshyi, kubera ko Real Madrid itari kumwereka ko ishaka kumwongera amasezerano azarangira umwaka utaha. AC Milan iri mu makipe ashaka kumusinyisha, ni ubwo amakipe yo mu Bwongereza nayo ari kumucungira hafi, byatangajwe na Marca.

Tottenham yiyongeye kuri West Ham, Everton na Newcastle United mu rugamba rwo kugerageza gusinyisha Jesse Lingard w’imyaka 29 y’amavuko. Lingard yasoje amasezerano ye muri Manchester United, byatangajwe na The Telegraph.

Rutahizamu wa Reims, Hugo Etikite w’imyaka 20 yabwiye iyi kipe ko ashaka kuhaguma ni ubwo Reims yemeye amafaranga ya Newcastle United yashakaga kumusinyisha, byatangajwe na Chronicle.

Tottenham yenda gusinyisha myugariro wa Barcelona n’ikipe y’iguhugu y’Ubufaransa, Clement Lenglet w’imyaka 27 y’amavuko, mu gihe ahazaza ha Emerson Royal muri Tottenham hadasobanutse neza. Atletico Madrid na Roma zishaka gusinyisha uyu myugariro w’imyaka 23 y’amavuko, byatangajwe na Express.

Myugariro w’umunya-Espagne, Hector Bellerin w’imyaka 27 y’amavuko yagarutse mu myitozo ya Arsenal nyuma yo gusoza igihe yari yaratijwe muri Real Betis kigannye ku musozo. Bellerin yavuze ko igihe yamaze muri Betis cyamufashije kongera gukunda umupira nanone, byatangajwe na Daily Star.

Brentford iri gusunika kugira ngo isinyishe rutahizamu wa Hull City n’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza, Kean Lewis-Potter w’imyaka 21 y’amavuko kuri miliyoni £20, byatangajwe na The Telegraph.

Leicester City ifite ikizere ko izasinyisha rutahizamu w’imyaka 21 y’amavuko Charles De Ketelaere ukinira Club Bruges, ni ubwo Leeds United nayo imushaka cyane, byatangajwe na 90min.

Umuzamu ukomoka muri United States, Zack Steffen w’imyaka 27 y’amavuko arenda kwerekeza muri Middlesbrough ku ntizanyo avuye muri Manchester City, byatangajwe na Manchester Evening News.

Umutoza wa Marseille, Jorge Sampaoli yafashe umwanzuro wo gusohoka muri iyi kipe nyuma yuko yateshejwe umutwe n’uburyo iyi kipe iguramo abakinnyi, no kunanirwa kugumana myugariro wa Arsenal n’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa, William Saliba w’imyaka 21 y’amavuko witwaye neza ubwo yari yaratijwe muri Marseille, byatangajwe na The Mirror.

Brighton and Hove Albion, Leicester City, Crystal Palace na Nottingham Forest ziri gucungira hafi myugariro w’imyaka 19 y’amavuko wa Chelsea, Levi Colwill kugira ngo zimutware ku ntizanyo, byatangajwe na Argus.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/TsM1KDSCXVk

https://youtu.be/1GJf4cNjyPE

https://youtu.be/hRKXlorWMJ4

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *