Ni Urukundo? Amerika yatangiye kureba icyoroshye Venezuela nyuma y’imyaka y’inkeke

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye kwiyegereza Venezuela yari yarashyize ku ruhande, ishinja ubutegetsi bwa Perezida Nicolás Maduro kuyobora binyuranyije n’amategeko.

Kuri uyu wa Gatandatu Amerika yakomoreye sosiyete yayo icukura ibikomoka kuri Peteroli, Chevron gusubukura ibikorwa muri Venezuela nyuma y’igihe bihagaritswe.

Ni ibintu byatanze icyizere ko ibihugu byombi bishobora kongera kurebana neza nyuma y’imyaka 20 birebana ay’ingwe, Amerika ikaba yanakuraho ibihano byose yafatiye Leta ya Venezuela ishinjwa igitugu no guhonyora uburenganzira bwa muntu.

Leta ya Amerika imaze imyaka ine itemera ubutegetsi bwa Maduro nyuma y’amatora ataravuzweho rumwe mu 2018, ubwo abatavuga rumwe na Leta bagiraga ubwiganze mu Nteko Ishinga Amategeko batsinze ishyaka rya Maduro wari ku butegetsi.

Maduro yanze ibyayavuyemo avuga ko habayeho kwiba amajwi, bituma habaho Leta ebyiri imwe iyobowe na Maduro indi iyobowe na Juan Juan Guaidó, ari na yo Amerika n’ibindi bihugu bike byayobotse.

Kuri ubu ibintu biri kujya mu buryo hagati y’ubutegetsi bwa Joe Biden muri Amerika na Maduro.

Abasesenguzi bagaragaza ko atari urukundo Amerika ifitiye Venezuela, ahubwo ari amayeri yo kubona uko yigwizaho peteroli, dore ko Venezuela aricyo gihugu cya mbere ku isi gifite peteroli nyinshi itaracukurwa.

Ni mu gihe Peteroli Amerika yavanaga mu Burusiya no mu Burasirazuba bwo hagati igenda igabanyuka ndetse bimwe mu bihugu byayihaga peteroli bigatangira kuyireba nabi, no gufata imyanzuro ikakaye bitagishije inama Amerika.

Iminsi ya Juan Guaidó ku butegetsi bushyigikiwe na Amerika iri mu marembera kuko ibiganiro bigeze kure hagati y’ubutegetsi bwa Biden n’ubwa Maduro, ari nabwo bufite imbaraga nyinshi ku ruhando mpuzamahanga.

Minisiteri y’imari n’igenamigambi muri Amerika yatangaje ko nubwo Chevron yasubukuye ibikorwa mu gihe cy’amezi atandatu ari imbere, atari ku mpuhwe za Leta ya Venezuela ahubwo ari uburyo bwo gufasha Chevron kwiyishyura amadeni Venezuela yari iyibereyemo.

Amerika yatangaje ko izakomeza gucungira hafi ibyo guhonyora uburenganzira bwa muntu n’igitugu muri Venezuela.

Mu mabwiriza Chevron yahawe harimo kutishyura imisoro muri Venezuela cyangwa se inyungu ku migabane ku bigo byose bifitwemo ukuboko na Leta ya Venezuela.

Ntabwo biramenyekana ingano ya peteroli Chevron izemererwa gucukura ndetse n’ingaruka bishobora kugira ku biciro bya peteroli ku Isi.

Nyuma y’imvururu zakurikiye amatora mu 2018 Amerika ikanga kwemera Leta ya Maduro, hafashwe ibihano birimo gufatira imitungo y’iyo Leta iri muri Amerika ndetse no kubuza ibigo n’abaturage ba Amerika gukorana ubucuruzi na Venezuela.

Amerika yerekeje amaso muri Venezuela guhera muri Gashyantare uyu mwaka ubwo u Burusiya bwajyaga mu ntambara muri Ukraine, bugafatirwa ibihano birimo no guhagarika peteroli bwoherezaga muri Amerika.

Bitanga icyizere ko Amerika ishobora kugabanya ibihano yashyiriyeho Venezuela birimo no kuyemerera kongera ingano ya peteroli ishyira ku isoko mpuzamahanga.

Ubutegetsi bwa Maduro n’abatavuga rumwe na we kuri uyu wa Gatandatu basinye amasezerano agamije kwemerera Guverinoma gukoresha amafaranga yayo yafatiriwe, agashyirwa mu mishinga y’uburezi, ubuzima n’ibiribwa.

Ni ibintu bije bigamije guhuza impande zitavuga rumwe mu gihe hasigaye ukwezi kumwe manda ya Juan Guaidó ikagera ku musozo, aho asa n’uwamaze gushyirwa mu kato n’abandi bari bamushyigikiye muri Venezuela.

Murakaza neza kuri Amazuku Community. kuri uru rubuga nkoranyambaga, Mushobora kuganira n’inshuti (Chat), Gusaba ubushuti (Friend reuest) mukanazisangiza amafoto na videos ari nako mukorera amafaranga… Mu nkuru zacu zikurikiraho tuzabagezaho ibisabwa byose kugirango umuntu abashe guhembwa akayabo kamafaranga kuri Amazuku. Icyo musabwa ni ukubanza mukiyandikisha mu bambere.

Iyandikishe unyuze hano kandi ntiwibagirwe gusura E-mail yawe kugirango ubashe gukora verification ukanze kuri link wohererezwa na Amazuku kugirango konti yawe yemerwe.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Ushobora no kuganira natwe unyuze hano (Ubanza kwiyandikisha kuri uru rubuga nkoranyambaga amazuku.com, aho ushobora no kuganiriraho n’inshuti zawe)

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

KUPANUA umuti wizewe mukongera ingano y’igitsina  

Niba uziko ufite ikibazo cy’ubugabo bwabaye bugufi bishobora guterwa n’indwara cg gusiramurwa nabi cg ugasanga ariko wisanze .duhamagare turagufasha kuko Ibyo ntibikiri ikibazo.

Buriya ni ko kuri reka mbivuge, Hari abagore n’abakobwa bakunda cyangwa se baryoherwa n’imibonano mpuzabitsina mu gihe bayikoranye n’umusore cyangwa umugabo ufite igitsina kinini.

Urugero: Umugore/Umukobwa bafite mu matako hanini ntabwo yanyurwa n’imibonano igihe ayikoranye na we umusore/umugabo ufite igitsina kigufi.

Amahirwe dufite na bwo atarambye ni uko umukobwa/umugore atapfa kukubwira ko atanyurwa bitewe n’ingano y’igitsina cyawe, ariko n’ubundi amaherezo birangira aguciye inyuma. Icyo ntabwo kikiri ikibazo kuko igisubizo kiri mu maboko yawe.

KUPANUA ni product twakuzaniye iturutse mu Bu shinwa. Ikaba ikemura icyo kibazo cyo kugira ubugabo bugufi cyangwa bunanutse.

Va kuri bya bindi ku ko iyi yo izaguha umunezero hagati yawe n’umukunzi cg na madamu wawe. Hagarara ku izina ryawe ube umugabo uhamye Kandi ufite ijambo. Ikindi nakubwira kuri iyi product   ya Kupanua iri oil ni uko icyo kibazo igikemura kabone n’ubwo waba waravutse ariko umeze, warasiramuwe nabi se cyangwa byarizanye mu bundi buryo.

Iyi product wayibona ku giciro cya 30000 Frw. Twandikire/Duhamagare kuri +250788920788

Niba kandi ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye.

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Toa Jibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *