Nkore iki? Naciye umugabo wanjye tumaranye imyaka 3 inyuma kugira ngo mbyare umwana mwiza none dore ibiri kumbaho

Umukunzi wacu yatwandikiye asaba inama abasomyi b’urubuga rwa Amazuku ku kibazo kugez’ubu afite kandi amaranye igihe kitari gito. 

Mumagambo make, yatwandikiye ibaruwa igira ati ” bakunzi b’uru rubuga rwa Amazuku n’abandi dusangiye kugirana inama.  

Ubu mfite ibanga ntazi aho nzaritungutsa ndibwira umugabo wanjye tumaranye imyaka irenga 3 tubanye nk’umugore n’umugabo. 

Nsubiye gato mbere, ubwo nari ngeze igihe cyo gushaka umugabo, numvaga nshaka amafaranga , bituma nshaka umugabo navuga ko atari mwiza uko nabyifuzaga ariko mbikora mbitewe n’irari ry’amafaranga namushakagaho ndetse n’ubutunzi yari afite.  

Mu mibanire yacu tumaranye imyaka igera kuri itatu, nahoraga nywa imiti yandinda gusama kuko ntifuzaga kuzabyarana nawe umwana n’umwe, ariko hari undi musore twari twarigeze gukundana mu buto bwacu. 

Nababwira ko yari mwiza ndetse numvanga twabana ariko kubera uburyo atari yifashije nahisemo kumureka agakomeza agashaka ubuzima kugirango ntamwicira gahunda yaba yarihaye mubuzima bwe buri imbere. 

Ariko nyuma yaho mbonye ko nkeneye umwana mwiza naje kwitabaza uwo musore kuko yari mwiza rwose, nuko nkora uko nshoboye, ndyamana nawe kandi mpita nsama bitagoranye.  

Ubu mfite umwana w’imyaka itatu kandi umugabo wanjye ntaramenya ko umwana atari uwe.  

Ubu aramukunda bitangaje, kandi nabuze aho mpera mubwira ko umwana atari uwe kuko nawamusore ajyaza kureba umwana nubwo aza umugabo wanjye yagiye. 

None basomyi mumpfashe, ndasaba inama zanyu kuko ubu mfite ikibazo kinkomereye kuko umwana nakura azakenera kumenya se, kandi na se aramushaka.  

kugez’ubu ndi mu mazi abira kuko n’umugabo wanjye nabimenya bishobora kumbera ikindi kibazo. 

Namwe mumfashe mumbwire icyo nakora kandi inama zanyu zirakenewe. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *