Uyu mugore usanzwe ubana n’ubumuga yatanze ubuhamya bugendanye n’ubuzima bwe ariko buza kubabaza benshi, aho yavuze ko bigendanye n’urukundo mu buzima bwe ndetse n’abagabo bagiye baza bamubeshya ko bamukunda ariko bikaza kugaragara ko hari ibindi bashakaga. 

Uyu witwa Joyce Kansime, ni umugore utorohewe n’ubumuga avuga ko abagabo bagiye bamufatirana nabwo, bakamubeshya ko bamukunda ndetse we akagira ngo ibyo bamubwira ni ukuri.  

Gusa uyu ngo buri gihe iyo yamaraga gutwara inda, uwayimuteye yahitaga amuta akigendera. Ashimangira ko aba bagabo buri gihe bazaga bagaragaza ko bakeneye kumwitaho ndetse no kumukunda ariko bose byaje kurangira bamutaye ndetse bakajya bamusigira umutwaro ukomeye wiyongera kuwo asanganywe. 

Yagize ati: “Ubu maze kugira abana bane, nta n’umwe uhuje nundi se. abo bagabo bose barantaye nta mazina yabo nzi ndetse sinzi naho baba, ikimbabaza kurushaho nuko nta numwe ujya unatekereza kugaruka ngo byibuze arebe umwana we cyangwa anamufashe”. 

Icyakora nubwo uyu mugore yahuye n’ibiza bikomeye kugeza aha, ntabwo yigeze acika intege cyangwa ngo ubumuga bumubuze kwita ku bana be, cyane ko hafi ya bose batangiye gukura. 

Uyu mugore avuga ko ubu bumuga yabutewe n’urushinge bamuteye kwa muganga rwa tetanosi rugatuma ahita agagara igice kimwe cy’umubiri wose, icyakora ubumuga bwe ntibwatumye abagabo batamwegera ndetse bikagera naho bamutera inda zigera kuri enye. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *