Paruwasi gatolika ya Kigoma muri diyosezi ya Kabgayi yari iherutse kubyara umupadiri mu mwaka w’2009, yungutse undi kuri uyu wa 12 Kanama 2023.
Nk’uko Journal Kinyamateka yabitangaje, Padiri mushya wa Paruwasi ya Kigoma witwa Karinganire Innocent yaherewe isakaramentu ry’ubusaseridoti ku gasozi k’amizero ka Gatagara.
Uyu mupadiri, mu byishimo byinshi, yagize ati: “Ndasingiza Imana n’umutima wanjye kuko yanyitoreye nkaba ntangiye ubuzima bushya. Ndabasaba kunsabira mu isengesho rihoraho kugira ngo intambwe nateye none yo kugana ku butagatifu nzayikomeze kugera ku iherezo ndi kumwe nabo Imana yanshinze.”
Uwizeye Alexandre wari Padiri mukuru w’iyi paruwasi, avuga kuri iyi nkuru, yagize ati: “Ni ibyishimo byinshi kuba twongeye kubyara umupadiri.”
“Kuva kuri padiri Boniface Kanyoni, umupadiri wa mbere uvuka muri Paruwase ya Kigoma, undi twamuherukaga mu mwaka wa 2009. Iyi rero ni ingabire idasanzwe kuko paruwase yacu igize abapadiri 7 bayivukamo.”
Musenyeri wa diyosezi ya Kabgayi, Ntivuguruzwa Balthazar, yagaragaje ko ari ishema kuri Paruwasi ya Kigoma kuba yabonye Padiri.
Ati: “Imana ikomeje gusakaza impano y’ingabire y’ubusaseredoti muri Diyosezi yacu no muri za paruwase ziyigize harimo na hano i Kigoma. Mubonye undi mu padiri nyuma yimyaka 14, ni umugisha ukomeye cyane kuri Diyosezi ya Kabgayi na Paruwase ya Kigoma by’umwihariko mwe mwatubyariye Padiri.”
Iyi Paruwasi imaze imyaka 47 ivutse. Yabanje kwitwa Gatagara, nyuma mu mwaka w’1993 iza kwitwa Kigoma.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com