Nyuma yo gutsinda ikizamini cyari gikomeye cyane, Minisitiri Ngabitsinze yatsindiye Dan ya Kabiri muri Karate Shotokan

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, yatsinze ikizamini cya Dan ya Kabiri mu mahugurwa ya Karate Shotokan. 

Ni amahugurwa yatangiye ku wa 18 Kanama asozwa ku Cyumweru, tariki 20 Kanama 2023, muri Lycée Notre Dame des Anges i Remera. 

Aya mahugurwa yari yateguwe na ISKF Rwanda, yakoreshejwe n’umwarimu mpuzamahanga muri uyu mukino, Umunya-Canada Denis Houde ufite Dan ya Karindwi, mu gihe yitabiriwe n’abarenga 150 barimo n’abaturutse mu bihugu bikikije u Rwanda. 

Ku Cyumweru, ubwo aya mahugurwa yasozwaga ni bwo abayitabiriye bakoze ibizamini bibazamura mu ntera. Mu babikoze harimo Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, watsindiye Dan ya Kabiri muri uyu mukino. 

Muri rusange, abakoze ibizamini byo kuzamurwa mu ntera, bose hamwe ni 10. Uwakoreye Dan ya Mbere ni umwe gusa, mu gihe abakoreye Dan ya Kabiri ari bane, abakoreye Dan ya Gatatu bakaba ari batanu. Abatsinze bahawe impamyabumenyi n’imikandara byo kurwego mpuzamahanga. 

Nyuma yo gusoza aya mahugurwa, Denis Houde wayatanze, yavuze ko yishimiye urwego rw’abakina Karate bo mu Rwanda, ashimangira ko bari ku rwego rwiza, gusa abagira inama yo gukomeza kwihugura kurushaho. 

Nduwamungu Jean Vianney uhagarariye ISKF Rwanda, akaba ari na we wateguye aya mahugurwa, yashimiye abakarateka bose bayitabiriye, by’umwihariko ashimira Denis Houde wabahuguye. 

Yasabye abahuguwe ko ubumenyi bakuye muri aya mahugurwa bakwiriye kubusangiza abandi batabashije kwitabira kugira ngo urwego rw’abakarateka bose rube rumwe. 

Abahuguwe na bo bashimiye Denis Houde ku bumenyi yabahaye, bamusaba ko yazajya aza kubahugura inshuro zirenze imwe.  

Bashimiye kandi ubuyobozi bwa ISKF Rwanda ku bw’igitekerezo cyiza cyo kuzana umutoza nka Denis Houde, banabasaba ko bakomeza kubashakira amahugurwa menshi kuko bibazamurira ubumenyi. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *