Nyuma yo kwivumbura kuri Perezida Putin, Prigozhin uyobora Wagner yatunguranye yongera kugaragara; amaso yayerekeje muri Afurika. Agezweho

Umuyobozi w’Umutwe wa Wagner, Yevgeny Prigozhin, yongeye kugaragara mu ruhame, mu mashusho ya mbere kuva yakwigumura ku buyobozi bwa Putin muri Kamena aho byavugwaga ko ashaka gukuraho ubuyobozi bw’igisirikare cy’u Burusiya. 

Ayo mashusho ntabwo bizwi neza aho yafatiwe ariko ibinyamakuru bitandukanye byavuze ko ari muri Afurika. Yashyizwe kuri Telegram ya Wagner Group. 

Prigozhin muri ayo mashusho agaragara ari ahantu hameze nko mu butayu, yambaye impuzankano ya gisirikare ndetse afite n’imbunda mu ntoki. Mu ntera nyinshi kure ye, hagaragara imodoka za gisirikare zirimo abarwanyi be n’izindi za pickup. 

Prigozhin avuga ko ahantu ari ubushyuhe buri ku kigero cya dogere 50 kuzamura, ndetse ko ari “ibintu dukunda”. 

Akomeza agira ati “Wagner PMC ituma u Burusiya burushaho gukomera ndetse na Afurika ikarushaho kwigenga. Turi gutuma ubuzima bukomerera ISIS na al-Qaeda hamwe n’andi mabandi.” 

Yongeraho ko Wagner ikomeje gushaka abandi barwanyi bashya bo kuyifasha kugera ku ntego zemejwe. Iyi video yashyizweho na nimero ya telephone ku bantu bifuza kwinjira muri uyu muwe. 

Kuva Prigozhin yakwigumura ku buyobozi bwa Putin, nta muntu n’umwe wari uzi iherezo rye. U Burusiya bwari bwavuze ko abarwanyi ba Wagner bagomba gusinyana amasezerano na Minisiteri y’Ingabo, bakajya muri Belarus cyangwa se bagataha bagasubira mu miryango yabo. 

Kuva uku kwivumbura kwabaho, bivugwa ko bamwe mu barwanyi ba Wagner bagiye muri Belarus ndetse ko bamaze igihe bahabwa imyitozo. 

Muri Nyakanga, Prigozhin yavuze ko Wagner yiteguye kongera ingufu muri Afurika. 

Perezida w’u Bushinwa n’uwa Brésil bageze muri Afurika y’Epfo mu nama ya BRICS 

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping n’uwa Brésil Luiz Inacio Lula da Silva bageze muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Mbere, aho bitabiriye inama ihuza ibihugu byibumbiye mu muryango w’ubukungu wa BRICS. 

Mu mafoto yashyizwe kuri internet, agaragaza Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa ajya kwakira Xi Jinping ku kibuga cy’indege cya OR Tambo i Johannesburg. 

Ni ku nshuro ya kabiri Xi akoreye uruzinduko hanze y’igihugu mu 2023 nyuma y’urwo yakoreye mu Burusiya muri Werurwe uyu mwaka. Yaherukaga muri Afurika y’Epfo mu 2018. 

Guhera kuri uyu wa Kabiri muri Afurika y’Epfo harateranira inama ihuza abakuru b’ibihugu bya Brésil, u Burusiya, u Buhinde, u Bushinwa na Afurika y’Epfo bigize BRICS. Ni inama izasozwa kuwa 24 Kanama. 

Mu bizigirwa muri iyi nama harimo kwagura uwo muryango ukajyamo ibihugu byinshi. Ibihugu nka Algeria, Misiri na Ethiopia byagaragaje ko bishaka kwinjiramo. 

Africa News yatangaje ko ibihugu 69 byiganjemo ibyo ku Mugabane wa Afurika byatumiwe muri iyo nama. 

Ibihugu bigize BRICS byihariye 23% by’umusaruro mbumbe w’Isi, bikagira 42% by’abaturage batuye Isi. Ni ibihugu bifite ubukungu butera imbere ku muvuduko wihuta, ku buryo hari icyizere ko bishobora kwigaranzura ubuhangange bw’isi mu bukungu bwari bwihariwe n’abanyamerika n’Abanyaburayi. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *