Uyu mukecuru w’imyaka 61 y’amavuko ubu ari koroherwa aho yari arwariye ku bitaro mu mujyi wa Nairobi, ni nyuma yuko yakomerekejwe n’intoki zuwo mu pasiteri mu myanya ye y’ibanga, ubwo uwo wiyita umukozi w’imana yavugaga ko ari kumuvura mu rusengero rwitwa Mukuru wa Njenga muri uyu mujyi wa Nairobi. 

Uyu mugabo w’umupasiteri uvugwa mu nkuru yitwa Daniel Muriithi ashinjwa kwinjiza intoki ze n’amaboko mu myanya y’ibanga y’uyu mukecuru ndetse akajya akuramo bimwe mu bice by’imbere mu mubiri. 

Ibi rero byatumye uyu mugore ngo atakaza amaraso menshi ndetse bituma aremba bikomeye ari nabwo yajyanwaga kwa muganga.  

Uyu mukecuru yari yajyanywe kuri uyu mupasiteri n’abana be kuko bari bizeye ko ari bumusengere agakira bitewe n’uburibwe bwinshi yari amaranye iminsi myinshi. 

Umwe mu batangabuhamya yagize ati: “Pasiteri yinjizaga ibiganza bye mu myanya y’ibanga yuyu mugore ndetse akajya akurura bimwe mu bice by’imbere akabizana hanze, amaraso yarisukaga cyane nk’amazi yendaga kuzura ibase, ikindi nuko uyu mugore yari amaze icyumweru cyose ari hano bari kumusengera”. 

Nyuma yuko umwe mu bayobora ako gace mu nzego z’ibanze yumvise urusaku rwinshi cyane rw’umuntu uri kurira mu nzu yuwo mupasiteri, ngo yahise atanga amakuru ku nzego zo hejuru. 

Uyu mugabo witwa Dominic Ndungu ari nawe wumvise uru rusaku akanatanga amakuru ngo yihutiye kujya kuriyo nzu, asanga wa mu pasiteri yambaye ubusa ndetse umugore aryamye ku gitanda yataye ubwenge. 

Ako kanya yahise ahata ibibazo pasiteri amubaza kubyayo maraso ari mu ibase ndetse n’ibimeze nk’ibice by’umubiri w’umuntu. 

Ndungu yagize ati: “Nkimara kwinjira nabonye Murithii ntakintu yambaye, naramubajije nti ‘aya maraso, izi nyama zimeze nk’ibice by’umubiri w’umuntu ndetse nuyu mugore uryamye n’ibiki? Yaransubije ngo ararwaye ndetse yazanywe hano ngo musengere”. 

Abaturage ba Kenya bagirwa inama kenshi kwitondera insengero nyinshi zigenda zaduka bitewe nuko abapasiteri benshi ari abanyabinyoma ndetse bashobora kubashyira mu kaga igihe icyaricyo cyose. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *