Polisi yitambitse ubukwe bw’abatinganyi, ababutashye nabo bahita bahura n’uruva gusenya basigara biyambaza Imana ibakize irya none

Polisi yo muri Nigeria yahagaritse ibirori by’ubukwe bw’abahuje ibitsina, abageni ndetse n’abagera kuri 67 bari babutashye batabwa muri yombi. 

Amakuru yatangajwe na The Nation avuga ko ibirori by’ubu bukwe byagombaga kubera mu Mujyi wa Ekpan uherereye muri Leta ya Delta iri mu zigize Nigeria ku wa Mbere tariki 28 Kanama. 

Mu ijoro ryo ku Cyumweru nibwo abapolisi bari mu bikorwa byo gucunga umutekano bahagaritse umwe mu batumirwa basanze hafi y’ahari kubera ibirori bitegura ubu bukwe, bamubaza amakuru menshi abwerekeye. 

Mu gitondo cyo ku wa Mbere Polisi yahise ibyukira ahari kubera ibi birori ita muri yombi abageni ndetse n’ababutashye, berekwa itangazamakuru. 

Umuvugizi wa Polisi ya Nigeria muri Leta ya Delta, Bright Edafe yavuze ko abafashwe bafunze mu gihe hakiri gukusanywa ibimenyetso kugira ngo bashyikirizwe ubutabera. 

Ati “Dufite uruhushya twahawe n’inkiko rwo kuba dukomeje kubafunga mu gihe tugikusanya ibimenyetso. Iki cyumweru kizarangira bagejejwe imbere y’ubutabera.” 

Bivugwa ko abari bagiye gusezerana kubana ari abagabo babiri. 

Mu gihe baba bahamijwe icyaha, aba bantu bahuje ibitsina bari bagiye gusezerano bishobora gufungwa imyaka 14 nk’uko biteganywa n’itegeko ryo kurwanya ubutinganyi ryatowe mu 2014. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *