Rurageretse hagati ya ApostleYongwe na Rocky Kirabiranya usobanura Filime bapfa ingingo yavugishije benshi

“Uwo Rocky uvuga ibyo iby’Imana ntabyo azi, azi ibyo mu muhanga”. Rurageretse hagati y’umuvugabutumwa Apostle Yongwe na Rocky Kirabiranya umenyerewe mu gusobanura Filime bapfa amaturo. 

Mu minsi yashize Rocky Kirabiranya yagiye yumvikana cyane arwanya igikorwa cyo gutanga amaturo mu rusengero, aho yagiye anenga cyane ibijyanye n’insengero ndetse n’abapasiteri baka abakirisitu amaturo. 

Nyuma yo kumva ibyo, Apostle Yongwe akaba yasabye uyu musore kureba akazi ke ibyo mu rusengero akabiharira Imana kuko ntabyo azi. 

Yabwiye Inyarwanda ati: “Uwo Rocky uvuga ibyo, iby’Imana ntabyo azi, azi ibyo mu muhanda na Filime gusa.” 

“ubusanzwe ni umuhanga rwose, ariko ibyo mu rusengero ntabyo azi. Asengera he se? Aravuga iby’amaturo, uriya aratura? Rocky ubwami wakorera ugakena, ugasa nabi, sinkabukorere.” 

“Njye ubwami nkorera bukwambika neza, bukakugaburira neza, bugahindura ubuzima bwawe.” 

Apostle Yongwe avuga ibi mu gihe Abakirisitu bo mu madini atandukanye hano mu Rwanda bakomeje kwinubira uburyo bakwa amaturo n’abapasiteri, ntibahabwe n’ubusobanuro bufatika bwicyo ayo maturo azakora. 

Nkuko bimenyerewe mu nsengero zitandukanye buri cyumweru abaje gusenga batanga amaturo, ndetse ngo hari n’abayatanga mu materaniro yo mu mibyizi. 

Abakristo bamwe batangaje ko ngo ujya kumva barababwiye ngo nibatange ituro ryo gukodesha inzu ya Pasiteri, barangiza ngo nibatange ituro ryo kugura amazi ya Pasiteri, ituro ryo kugura kositimu ya Pasiteri, n’andi maturo y’urudaca kandi bakayatanga mw’iteraniro rimwe. 

Abandi nabo bakomeje batubwira ko ngo hari n’igihe umushumba wabo (pasteri) Ababwira ngo abashaka umugisha nibahaguruke abasengere bagahaguruka, yarangiza akababwira ngo nibature, utuye munsi y’amafaranga ibihumbi bitanu akamubwira ko atari bumusengere, ngo kandi bibuke ko uwatanze byinshi, nawe yabonye byinshi naho uwabike akabura na duke yari afite, n’andi magambo atuma barushaho gutura bashishikaye. 

Iyo bamaze gutanga ayo maturo, ngo ntibamenya icyo akoreshwa gusa ngo barasengerwa, bakabwirwa ko Imana ibahaye umugisha ikurikije ayo buri wese yatanze. 

Nk’uko twabitangarijwe n’umwe mu bapasiteri bafite urusengero hano mu mujyi wa Kigali, ayo maturo baka abakristo ngo akora imirimo itandukanye yo mu rusengero irimo: guhemba abapasiteri, kwishyura, amazi n’amashanyarazi, kwishyura ingendo zikorwa na ba pasiteri n’ibindi bikorwa bitandukanye bikorwa n’itorero. 

Abo bakirisitu batandukanye bavuga ko ntawe utinyuka kubaza umushumba uburyo amaturo akoreshwa n’ugerageje kubibaza habaye inama y’abakristo ngo afatwa nk’umupagani. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Apostle Yongwe

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *