Taifa Bruno yavuze ibebera imbere y’amarido muri APR FC, avuga uburaya bukorerwamo ndetse n’abarya ibiryo by’abakinnyi. Amajwi

Bruno Taifa wamenyekanye mu itangazamakuru ry’imikino, yatangaje ukuri ku bibi bibera muri APR FC asanzwe akunda, aho yavuze kuri bamwe mu bayobozi b’iyi kipe barya ibiryo by’abakinnyi bakabirira ku kibuga cy’imyitozo ibindi bakajya kubirira mu kabari. 

Ndetse kandi Taifa yatangaje ko ubwo iyi kipe yajyaga muri Tanzania, umunyamakuru Antha Biganiro yajyaga gushaka abakobwa banezeza abayobozi b’iyi kipe. 

Mu gushimangira ibi, yavuze ko bashatse gutwara Christera usanzwe ari umufana w’iyi kipe ngo ajye gushimisha Perezida wayo, gusa ngo uyu mukobwa yarabatsembeye. 

Umva amajwi unyuze hano 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *