U Bwongereza: Umudepite wiyemerera ko ari umugore yasabiye abasirikare ba Ukraine udukingirizo avuga ko badusabye

Jamie Wallis, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko wiyemerera ko yiyumvamo kuba ari umugore nubwo afite igitsina gabo, yasabiye abasirikare ba Ukraine b’abatinganyi guhabwa udukingirizo, amavuta n’ibindi bikoresho by’isuku bibagenewe. 

Wallis watangaje muri 2022 ko yiyumva nk’umugore, yavuganaga n’Abarusiya babiri bamenyereweho gukora amashusho y’ibikorwa bihimbano ku mbuga nkoranyambaga. 

Bashakaga ko uyu mudepite atanga ikiganiro ku buryo ibikorwa byo kwihinduza igitsina byakwimakazwa mu mashuri, ndetse akanavuga niba hari igihe kizagera u Bwongereza bukagira Minisitiri w’Intebe wihinduje igitsina. 

Muri iki kiganiro hajemo n’ingingo ivuga ku basirikare ba Ukraine b’abatinganyi, ngo bavuze ko bakeneye inkunga y’ibikoresho byifashishwa mu ‘kongera ibirungo mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina,’ kwikinisha n’ibindi bijyana nabyo, bizwi nka ‘Sex Toys.’ 

Wallis ati “Sex Toys ndumva bishobora kugorana, ariko ibijyanye n’isuku no kwirinda indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina ni byo bikenewe. Rero udukingirizo, amavuta, ibikoresho by’isuku, ibintu nk’ibyo nta kibazo cyaba kirimo.” 

RT yanditse ko guverinoma ya Ukraine yafashe uruhande rwo gushyigikira ibikorwa by’abaryamana bahuje ibitsina igamije kubona inkunga za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibindi bihugu bifatanya na zo, dore ko kuva muri Gashyantare 2022 ibyo bihugu byatanze asaga miliyari 100$ bifasha mu bikorwa bya gisirikare n’ubundi bufasha muri Ukraine. 

Mu minsi mike ishize ishyaka rishyigikiye Zelensky ryatanze icyifuzo cy’uko abaryamana bahuje ibitsina bakwemererwa gushyingiranwa mu mategeko, risobanura ko bikenewe n’abasirikare bari muri icyo cyiciro. 

Muri Kanama 2023 kandi, igisirikare cya Ukraine cyashyizeho Sarah Ashton-Cirillo nk’umuvugizi ukoresha ururimi rw’Icyongereza. Uyu munyamerika wahoze ari umunyamakuru na we yihinduje igitsina. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *