Perezida Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko bibujijwe gutumiza mu mahanga imyenda yambaweho hagamijwe ko abantu bagomba kugura imyenda mishya kuko muri Uganda hari inganda z’imyenda zibikora.
Ni mugihe mu gihe cyashize Guverinoma ku mabwiriza ya Museveni yagerageje mu bihe bitandukanye kubuza imyenda n’inkweto bitumizwa mu mahanga byarakoreshejwe ariko birananirana kubera ubucuruzi bunini n’isoko ryagutse.
Aha Museveni avuga ko inganda zo muri Uganda zifite ubushobozi bwo gukora iimyenda igezweho kandi hari urubyiruko rw’abakozi babyize ariko ntibihabwe agaciro.
Ati: “Nacecetse kuri iki kibazo kenshi ariko aho turi ubu, ndasaba ko mwanshyigikira mu guhagarika itumizwa ry’imyenda y’intoki.”
“Izi nganda zikoresha urubyiruko rusaga 2000, kandi benshi muri bo badukorera imyenda mishya ariko ntibashobora kubigurisha, niba isoko ryuzuyemo imyenda y’abapfuye.”
Aha yagarukaga kukuba imyenda yambawe iba ari iy’abazungu bapfuye.
Perezida Museveni, yashimiye abashoramari b’Abashinwa kubyutsa inganda z’imyenda ya Uganda.
Yavuze ko ubu abo bashoramari bamuhaye imbaraga zo gukuraho imyenda y’ubucuruzi, izwi kandi ku izina rya Mivumba.
Yategetse kandi ko guhera ku ya 1 Nzeri uyu mwaka hatazongera gutumizwa insinga z’amashanyarazi na metero kandi ko bigomba kugurwa mu nganda zo muri Uganda.
Perezida Museveni yavugiye mu itangizwa ry’inganda 16 zo muri parike y’inganda ya Sino-Uganda Mbale.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com