Uko uburaya bwaturutse i Nyanza bugakwira hose mu Rwanda

Amateka aba menshi, ariko ayo benshi bakunze kugiraho impaka, ari na yo yibazwa na benshi, niba ibibaho muri iki gihe, byarabagaho no mu bihe byo hambere, byagera ku kibazo cy’uburaya, kikaba agatereranzamba.

Dukurikije ibirari by’amateka y’u Rwanda, ntaho atubwira ko mu Rwanda higeze haba uburaya. Yego ntibari ba miseke igoroye, ariko habagaho inkumirizi zituma ingeso mbi nk’izo zitimakazwa ngo zihabwe urubuga rugari nk’uko tubibona ubu.

Mu burezi bwo mu Rwanda rwo hambere, umwana w’umukobwa yitabwagaho by’akarusho, ku buryo ba nyirasenge na ba nyina wabo batigeraga bagoheka kereka bamushyingiye.

Ntabwo bari bayobewe ko ibishuko mu rubyiruko bibaho, ariko bakoraga iyo bwabaga bakabirinda abana ba bo mu buryo bwo gushyiraho imiziro ituma ibyo bitaba. Abana b’abakobwa bamaze kugera mu gihe cy’ubwangavu, bakoreshaga uko bashoboye kose ngo badahura n’abasore kuko bashoboraga kugwa mu bishuko nk’ibyo by’ingeso mbi.

Iyaduka ry’uburaya mu Rwanda ryakabuwe n’imico y’ubwangamibyizi, yadukanywe n’abakobwa bo mu Busanza bwa Ruguru (Mu Mirenge ya: Kinazi, Rwaniro, Rusatira, Ruhashya, Simbi, Mbazi, Maraba na Kigoma yo mu Karere ka Huye) ku ngoma ya Kigeli Rwabugili ahasaga mu wa 1880, aho abakobwa bo muri ibyo bice, bataga imiryango yabo, bakajya kubwerebwera ku rurembo rw’ibwami aho ruri hose mu gihugu.

Muri icyo gihe ntabwo umukobwa wararutse yitwaga ‘Indaya’ ahubwo bamwitaga ‘Icyangamubyizi’.

Abo bakobwa, bo mu Busanza, ku ngoma ya Rwabugili barikoranyije maze baca agashingo biyita ibyangamubyizi banga guhingira iwabo no kubakorera indi mirimo. Bacikiye ku rurembo rw’ibwami bavuga ko bagiye gushaka amata ibwami (umukiro); mbese bitwaje ko bagiye gushaka akazi; n’ink’ibi ab’ubu badukanye byo kujya gushaka akazi mu mijyi.

Abo bakobwa bari barihimbiye akaririmbo k’uruyundo rwabo ngo “Aho kurwara ibikota byo mu ntoki, Nzarwara ibikota byo mu birenge, Nkurikiye Inkotanyi i Rubengera”.

Bamaze kwiyemeza batyo bashyira nzira bajya i Giseke na Nyagisenyi (Mu Murenge wa Rusatira wo mu Karere ka Huye). Bagenda bahabuwe n’umutwe w’intore za Rwabugili, witwa Ingangurarugo, zari ziruyobowemo rumaze kwegurirwa Kanjogera muka Rwabugili.

Abahungu babonye izo nkumi zije kubareba bati “Murakaza neza mboga zizanye”. Ni uko babiraramo babahunda impu nziza z’imikane batashoboraga kwibonera iwabo; dore ko ubundi abakobwa ba rubanda rusanzwe bambaraga ibishongero by’ibinyita.

Bamwe bamaze kubona bagenzi babo babayeho neza kubera uburaya, abakobwa barahururye i Nyanza, ariko noneho biyita Inyangakurushwa.

Uko uburaya bwakwiriye Kigali yose

Bigeze mu mwaka wa 1927, ubusambanyi bwabaye akarorero kuko i Kigali hari hamaze gukomera habaye ibuzungu. Abakobwa bamwe bohoka_mu bayisiramu, abandi borama mu baboyi b’abazungu. Ubwo iryo hururu ryari rikabuwe n’umugore Nyirakayondo w’umurerakazi; yari mushiki wa Rukara rwa Bishingwe, afitwe n’umuzungu bitaga Rongorongo.

Bigeze mu mwaka wa 1932, umuzungu bitaga Busambira (Administrateur Schmidt) yubatse urusisiro bitaga Iturubaki arigira icumbi ry’abatware n’ibisonga n’abakarani igihe baje ku itariki.

Hashize iminsi Rezida na we yubakisha urundi rusisiro rw’Abapolisi bitwaga Abavurugaji (Brigadiers). Ubwo abapolisi n’abakarani bari abasore gusa; ndetse n’ibisonga kuko hari hamaze kugabana abazi kwandika basa, ba se bamaze kwegura cyangwa kunyagwa. Ubwo noneho abakobwa b’ibyomanzi b’impande zose barasukiranya bahururiye kwambara amasengeri; niho yari acyaduka:

Ni uko uburaya bwakomeje gukwirakwira bukarushaho cyane cyane uko imijyi yagiye iba myinshi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

KUPANUA umuti wizewe mukongera ingano y’igitsina    

Niba uziko ufite ikibazo cy’ubugabo bwabaye bugufi bishobora guterwa n’indwara cg gusiramurwa nabi cg ugasanga ariko wisanze .duhamagare turagufasha kuko Ibyo ntibikiri ikibazo.

Buriya ni ko kuri reka mbivuge, Hari abagore n’abakobwa bakunda cyangwa se baryoherwa n’imibonano mpuzabitsina mu gihe bayikoranye n’umusore cyangwa umugabo ufite igitsina kinini.

Urugero: Umugore/Umukobwa bafite mu matako hanini ntabwo yanyurwa n’imibonano igihe ayikoranye na we umusore/umugabo ufite igitsina kigufi.

Amahirwe dufite na bwo atarambye ni uko umukobwa/umugore atapfa kukubwira ko atanyurwa bitewe n’ingano y’igitsina cyawe, ariko n’ubundi amaherezo birangira aguciye inyuma.

Icyo ntabwo kikiri ikibazo kuko igisubizo kiri mu maboko yawe.

KUPANUA ni product twakuzaniye iturutse mu Bu shinwa. Ikaba ikemura icyo kibazo cyo kugira ubugabo bugufi cyangwa bunanutse.

Va kuri bya bindi ku ko iyi yo izaguha umunezero hagati yawe n’umukunzi cg na madamu wawe.

Hagarara ku izina ryawe ube umugabo uhamye Kandi ufite ijambo.

Ikindi nakubwira kuri iyi product   ya Kupanua iri oil ni uko icyo kibazo igikemura kabone n’ubwo waba waravutse ariko umeze, warasiramuwe nabi se cyangwa byarizanye mu bundi buryo.

Twandikire/Duhamagare kuri +250788920788

 

Niba kandi ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso.

REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro.

Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru.

Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi.

Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye.

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10

UKO IFATWA:

Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe,

Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye.

Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.

Call & WhatsApp Number:

+250788920788

 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *