Ukraine mu nzira zo kwemera amashusho y’uruk0zas0ni hagamijwe gushakira amaramuko abasirikare bayo

Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine yatangaje ko hamaze kuboneka imibare ihagije y’abaturage basinye bemeza ko ingingo ihana abakina bakanatunganya pornographie ikurwaho, kuko biri mu byinjiza amafaranga ajya gufasha abasirikare bari ku rungamba. 

Depite Yaroslav Zheleznyak ushyigikiye iki gitekerezo, ku wa Gatanu yatangaje ko itegeko uko ryari rimeze riha icyuho ruswa nyamara kwemera gukina no gutunganya amashusho y’urukozasoni bizafasha gukusanya inkunga yo gufasha igisirikare. 

Uyu mugabo avuga ko ingingo ya 301 ihana abakora pornographie “ntaho itaniye n’ubucucu” kuko ntacyo ihindura ku kurinda abana ayo mashusho y’urukozasoni, icuruzwa ry’abantu n’ubusambanyi. 

Zheleznyak yabwiye Kiev Post ati “Ntabwo nibura tuvuga ku rubuga rwa OnlyFans, ahubwo turivugira ku kureba pornographie muri rusange.” 

Yanenze ingingo yo gufungira muri gereza umuntu imyaka umunani kubera kwakira cyangwa kohererezanya amashusho y’urukozasoni. 

Abanya-Ukraine benshi ubu bamaze kwinjira mu mirimo ijyanye no gukina no gutunganya pornographie. Mu gihembwe cya mbere cya 2023, Ukraine yakiriye imisoro ifite agaciro ka 920.000$aturutse ku mbuga z’abacuruza pornographie. 

Umuryango ukoresha amashusho y’ubwambure bw’abantu mu gukusanya inkunga zo gufasha ingabo za Ukraine, Teronlyfans uhemba abantu batanze inkunga z’amafoto ateye ubwuzu n’igikundiro. 

Umuyobozi wa Teronlyfans, Anastasia Kuchmenko yagize ati “Uru ni urugero rwiza rw’ukuntu umubiri w’umuntu ugira uruhare rukomeye mu ntambara. Twe nk’abaturage ba Ukraine, inshingano yacu ya mbere ni ugushakira abasirikare bacu ibyo bakeneye byose.” 

Zheleznyak yagaragaje ko abapolisi ba Ukraine batakaza amasaha menshi bakurikirana ibirego byerekeye pornographie nyamara hari ibindi bifitiye akamaro igihugu bakabaye bakurikirana. 

Agaragaza ko abantu barenga ibihumbi 700 bahamagajwe n’inzego z’ubugenzacyaha mu mwaka wa 2022 kubera ibyaha bifitanye isano n’amashusho y’urukozasoni. 

Ishyaka rya depite Zheleznyak rya Golos rifite imyanya 20 muri 450 y’abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine ni naryo riheruka kujyana umushinga wo kwemera abaryamana bahuje ibitsina. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *