Umugabo wo mu Murenge wa Ntyazo mu Karere ka Nyanza akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we amutemye ijosi ubwo umuhesha w’inkiko yabagabanyaga umutungo.
Byabereye mu Mudugudu wa Rukoma mu Kagari ka Katarara ku gicamunsi cyo ku wa 18 Gicurasi 2022, ahagana saa Cyenda.
Amakuru aturuka muri uwo murenge avuga ko uwo mugabo w’imyaka 43 y’amavuko yari yarasezeranye mu mategeko n’umugore we w’imyaka 36 ariko bakaba batari bakibana kuko batandukanyijwe n’inkiko kubera amakimbirane yo mu rugo.
Amakuru ya IGIHE akomeza avuga ko aba bombi bari barabyaranye abana batatu.
Kuri uyu wa Gatatu ni bwo umugore yiyambaje umuhesha w’inkiko kugira ngo abagabanye umutungo nk’uko urukiko rwabitegetse.
Ni ko byagenze kuko yaje arayibagabanya arangije ajya kwandika imyanzuro uko yabishyize mu bikorwa.
Mu gihe yari muri ibyo ni bwo umugore yagiye kumureba ngo ayimuhe ahageze umugabo we arahamusanga yitwaje umuhoro ahita amutema ijosi, aramwica.
Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme, yemeje iby’iyo nkuru y’ubwicanyi bwabaye.
Yagize ati: “Yego ayo makuru ni yo. Ukekwaho icyaha yafashwe”.
Yavuze ko uwo mugabo akimara gukora ubwo bwicanyi yagerageje guhunga ariko afatwa n’inzego z’umutekano. Kuri ubu afungiye kuri Sitasiyo ya RIB mu Murenge wa Ntyazo.
Umurambo wa nyakwigendera wajyanywe ku Bitaro bya Nyanza gukorerwa isuzuma kugira ngo hamenyekane icyamwishe.
Mu butumwa bwa Meya wa Nyanza, Ntazinda Erasme, yasabye abashakanye kwimakaza kubana mu mahoro kuko ari ryo shingiro ryo kubaka umuryango uhamye kandi utekanye.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering
Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.
Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com
Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?
Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?
Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.
Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.
Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.
Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.
Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.
Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.
Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…
Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.
Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644
Duhamagare kuri 0791448543
MoMo Pay: *182*8*1*096890#
Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd
Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano
Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%