Umugore wari warahawe umutima n’impyiko by’ingurube yitabye Imana asigira abantu bose ubutumwa bukomeye bwazamuye imbamutima za benshi

Umugore witwa Lisa Pisano wabaye ikimenyabose ku wa 12 Mata 2024, ubwo yakuragamo umutima n’impyiko byari birwaye, agahabwa ibikuwe mu ngurube hagatabarwa ubuzima bwe, yitabye Imana asigira urwibutso abarimo abaganga n’abarwayi babanye, dore ko yagerageje guhangana n’ubuzima ariko ntabashe kurokoka.  

Ivuriro uyu mugore yavuriwemo ryitwa NYU Langone ryatangaje ko uyu mugore yashizemo umwuka nyuma yo guhangana n’ubuzima ntabashe kurokoka n’ubwo yamaze igihe gito akuwemo umutima n’impyiko byari birwaye agahabwa ibivuye mu ngurube. 

 Ku wa 29 Gicurasi byagaragaye ko ubuzima bwe buri kwanga nubwo iri vuriro ryamwitagaho ryavuze ko bwa mbere bakira uyu murwayi witabye Imana basanze afite ikibazo cy’umutima udafite ubushobozi bwo kohereza amaraso mu ngingo z’umubiri, nyuma basanga n’impyiko ze zarangiritse. 

Umuyobozi mukuru w’ivuriro, Dr Robert yavuze ku buzima bwa nyakwigendera atarapfa. Ati “Uyu mugore witabye Imana yabaye umunyembaraga ndetse yari afite icyizere cyo gukira agasubira kwishimana n’umuryango.” 

Ubwo yiteguraga kubagwa no guhabwa izi ngingo zivuye mu nyamaswa, yavuze ko yiteguye gukira kandi ko niyo atakira azaba atabaye ubuzima bwa benshi, cyane ko abaganga bamenya niba habonetse ubundi buryo bwo kubona insimburangingo. 

Abaganga bo muri Amerika b’abahanga mu gusimbuza ingingo nzima izangiritse mu mubiri babiherewe uruhushya n’ikigo gishinzwe ibiryo n’imiti, bemeje ko gukora ubushakashatsi kuri uyu mugore agahabwa ingingo zivuye mu ngurube abibahereye uburenganzira. 

Ubwo bamubwiraga ko amahitamo ahari ari ugukoresha ingingo zikuwe mu ngurube ntiyateye amahane kuko yavuze ko byatuma abaganga basobanukirwa niba byakora, bityo benshi barwaye bagafashwa batabuze ubuzima.  

Uyu mugore yasize avuze ko kuba yarahawe ingingo z’ingurube ntacyo bimutwaye, ahubwo ko azafasha abaganga ndetse n’abaturage kumenya niba ingingo za ririya tung zajya zifashishwa mu kurokora ubuzima bwa benshi. 

Ubwo Lisa Pisano yabagwaga yavuze ko atakwemera kubona umuntu amuha urugingo rwe ruzima, akangiza ahazaza he wenda nawe azarukenera, cyangwa kurutanga bigahungabanya ubuzima bwe. Aba baganga bamurwaje bagize bati “Ubutwari bwe buzahora bwibukwa.” 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *