Ni umugore wasekeje abantu cyane, aho akomeje guca ibintu kuri Instagram kubera amashusho yafashwe ari kumvuriza amajwi y’abizihiwe no gutera akabariro
Nk’uko ikinyamakuru Atinkanews kibitangaza, byari mu masaha y’igicamunsi ubwo uyu mugore yazaga kubasura nk’inshuti ahageze yumva banyuzwe, nawe arahaguma kugirago yifatanye nabo mu kirori k’ibyishimo.
Nkuko bigaragara muri videwo umugore yaje ahagarara mu idirishya maze nawe arizihirwa mugihe yasanze barimo gukora urukundo nkuko byumvikana mu majwi.
Umugore wateraga akabariro yumvikanye yishimye ndetse yanakomeje gusakuza aterera hejuru ijwi rye kubera uburyo umugabo we yari yamushimishuje.
Uyu mugore yahise yihisha hafi kugirango nawe yumve uko byari byifashe.
Byari ibintu byari byiza kurusha uko yarasanzwe abizi mu rugo iwe yumvishe bitandukanye cyane niko kuhaguma, gusa icyo atamenye nuko kamera za mufataga.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano winjire muri WhatsApp group yacu.