Amakuru akomeje kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga za hano mu Rwanda, aravuga ko umuhanzi w’icyamamare witwa Christopher Muneza yafungishije umwana muto w’umupolisi ndetse akamwirukanisha mu kazi ke nyuma yo kumubeshyera ko yamwatse ruswa y’ibihumbi 20 Frw ubwo yari amaze kumuhagarika mu muhanda.
Amakuru ducyesha IMIRASIRETV aturuka muri bamwe mu bafite amazina akomeye mu myidagaduro ya hano mu Rwanda barimo Dj Brianne, uwamamaye nka GodFather ndetse na Djihad, binyuze mu kiganiro bakoreye ku rukuta rwa X [rwahoze ari Twitter].
Dj Brianne watangaje ko ari we wa mbere wamenye aya makuru, yavuze ko mu minsi yashize ubwo yari azindutse agiye mu kazi, ageze hanze y’igipangu yahuye n’umusore ukiri muto amubwira ko amaze igihe amushaka nyuma y’uko avuye muri gereza ngo yarafungishijwe n’uyu muhanzi w’icyamamare.
Uyu musore bavuze ko ari mu kigero cy’imyaka 28 na 34, yavuze ko amaze umwaka urenga muri gereza nyamara ngo azira ibinyoma uyu muhanzi yari amaze gutanga muri RIB avuga ko yatswe ruswa n’uyu wari umupolisi.
Uyu musore avuga ko bijya gutangira yari umupolisi [akora mu muhanda], yigeze guhagarika uyu muhanzi ariko ngo kuko yari asanzwe amufana, baraganiriye biba ngombwa ko bahana na nimero za telefone.
Icyakora ngo uyu mupolisi akimira kurekura uyu muhanzi ngo agende, hashize akanya gato yakiriye amafaranga y’u Rwanda angana n’ibihumbi 20 Frw kuri telefone yoherejwe na Christopher.
Akimara kuyabona ngo undi [Christopher] yahise amuca inyuma amujyana muri RIB, avuga ko hari umupolisi umaze kumwaka ruswa ndetse ngo abereka na message avuga ko amaze kuyatanga.
Uyu muhanzi wamamaye kubera ubuhanga azwiho mu kuririmba no kwandika indirimbo, ngo yahise agenda ariko ngo birangira uriya musore yirukanywe mu kazi ke ndetse aza no gufungwa igihe kirenze umwaka umwe kandi ngo nyamara azira ubusa.
Ubwo aba basitari bakoraga iki kiganiro ntabwo guhamagara uriya musore byakunze kuko nta telefone yagiraga ndetse ngo iyo yari yahamagaje basanze ari iy’umuturanyi we.
Kugeza ubu ntacyo uyu muhanzi aratangaza kuri iki kirego gusa Dj Brianne na Djihadi bavugaga ko atari ubwa mbere bumvise aya makuru y’uko uyu muhanzi hari umusore yirukanishije mu kazi ke ndetse bikarangira anafunzwe, gusa ngo bari baranze kugira icyo babitangazaho kubera nta makuru menshi babifiteho.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group.
IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru
Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe.
Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.
Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu
Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.
Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.
Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu
Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40.
Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa.
Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification.
Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.
Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775