Umuhanzikazi Sheebah Karungi ntabwo ashishikajwe no gushyingirwa kandi yavuze ko atazigera abijyamo nyuma y’uko ngo abona urushako atari ngombwa.
Uyu muhanzikazi rateganya kubyara abana numugabo basangiye ubushake bw’uko umwe agomba kuba ukwe n’undi bikaba uko.
Andi mabwiriza atanga n’uko ngo umugabo uzemera ko babyarana bagomba kuba mu nzu zitandukanye kandi bakamarana iminsi mike gusa.
Ati: “Sinzigera nshaka, ariko ndateganya kubyara abana n’umuntu umeze nkanjye – umuntu utitaye ku gushyingirwa kandi yiteguye kuba mu nzu itandukanye n’iyanjye. Tuzasurana gusa.”
Ubwo yari mu kiganiro na Ruth Kalibaala wa Spark TV. Sheebah yemera ko gushyingirwa ari icyemezo ku giti cye kandi atemeranya n’igitekerezo cy’uko ari umuhamagaro w’Imana nk’uko bivugwa muri Bibiliya.
Sheebah akuriye inzira ku murima byeruye abajyaga bamubaza impamvu adashinga urugo nk’abandi bahanzikazi bari mu kigero cye bamaze kurushinga.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com