Nkukuthane Johanna Mazibuko, Umukecuru w’imyaka 128 y’amavuko wo muri Afurika y’Epfo, yategetse umuryango we uko uzamushyingura, utabikurikiza umuzimu we ukazababuza amahwemo.
Ubwo yaganiraga n’ ikinyamakuru News24, Mazibuko wavutse tariki ya 11 Gicurasi 1894 nk’uko bigaragara ku ikarita ndangamuntu, yasobanuye ko yavukanye n’abandi 11 ariko ubu hakaba hasigaye we n’abandi 2 gusa.
Uyu mukecuru asobanura ko kuri iyi myaka, abasha kureba gusa ntiyumva neza.
Ashobora gutembera ariko ngo ni gake nk’abana bato, ndetse mu gihe umwitaho witwa MmaLerato ahuze, abasha kwijyana mu rwogero, akiyoza.
Abajijwe impamvu yaba yaratumye ageza kuri iyi myaka akiriho, Mazibuko asubiza ko ntazo azi, ariko akaninubira kuba hari ibimugora, cyangwa ntabashe kubikora kubera intege nke z’umubiri.
Agira ati: “Ntangazwa n’ukuntu maze iyi myaka myinshi nkiriho. Kubera iki nkiriho? Abantu bari bankikije barapfuye”.
“Njyewe nzapfa ryari? Ni mpamvu ki nkwiriye kuba nkiriho? Isi yarandambiwe kubera ko nicaye ntacyo nkora”.
Mazibuko avuga ko yahaye MmaLerato amabwiriza akomeye y’uburyo azashyingurwamo mu gihe yazaba yapfuye, umuryango we ugomba gukurikiza kugira ngo atazawubuza amahwemo.
Ati: “Nimpfa, bagomba kumbagira inka. Bagomba kunshyingura neza kugira ngo ntazababuza amahwemo”.
Ngo nibimushobokera, mu gihe azaba yarashinguwe azagenzura niba umuryango we waramukoreye ibyo yawusabye, maze awusure.
Ati: “Ninduhuka, nzajya mbasura kubera ko muzaba mwaranyitayeho neza”.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering
Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.
Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com
Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?
Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?
Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.
Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.
Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.
Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.
Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.
Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.
Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…
Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.
Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644
Duhamagare kuri 0791448543
MoMo Pay: *182*8*1*096890#
Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd
Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano
Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%