Umugore witwa Mbonyumugisha Rebecca ukomoka mu Karere ka Gakenke, usanzwe ukora akazi ko gutwara abantu n’ibintu ku igare (umunyonzi) mu Mujyi wa Kigali, akomeje gutangaza benshi nyuma yo kuvuga ko atewe ishema n’akazi ke, ndetse ngo kuri ubu yamaze gushaka ibyangombwa byo gutwara moto, aho nabona ubushobozi azahita ayoboka ako kazi.
Ibi yabitangarije mu kiganiro kirambuye yagiranye na Yago, cyatambutse ku muyoboro we wa YouTube witwa Yago Tv Show.
Muri iki kiganiro kimara iminota mirongo ine n’itandatu (46:31), uyu mugore wahakuye abakunzi benshi yabaganirije urusobe rw’ubuzima yanyuzemo kugeza ubwo yaje i Kigali gushaka ubuzima bikarangira n’umuryango we awimuye, uvuye mu Karere ka Gakenke, binyuze mu gucuruza ubushera ndetse no kunyonga igare.
Uyu mugore w’imyaka 29 y’amavuko, ufite abana babiri b’abahungu, yavuze ko iyo ari mu kazi yambara ingutiya (ijipo) ndetse akambara ikabutura imbere yayo kugira ngo hatagira abamumenyera ngo birirwe bari kumurunguruka.
Icyakora ngo n’ubwo aba yambaye gutyo, ni imyenda y’akazi kuko iyo ari mu rugo aba yambaye amapantalo ku buryo aba agaragara neza.
Nyuma y’uko ikiganiro yagiranye na Yago kimaze kurebwa n’abantu barenga ibihumbi 63 mu munsi umwe gusa, uyu munyamakuru abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram yatangaje ko uyu mugore yamaze guhabwa amafaranga arenga miliyoni 1 Frw, igare rishya, ndetse no kwemererwa moto.
Uyu munyamakuru yagize ati “Nyuma y’ikiganiro twakoranye kimaze umunsi umwe Dore bimwe mubyo amaze kwakira (Mbonyumugisha Rebecca),
1.Amafranga ari Hejuru ya 1M Frw, 2.Igare Rishya mutongoro ubu aryibitseho, 3.Urukundo rudasanzwe amaze kwerekwa n’abanyarwanda Bari mubice bitandukanye by’isi, 4.Yamaze no kwemererwa moto nshya.”
Ibi bibaye nyuma y’uko hashize iminsi abantu benshi barijanditse uyu munyamakuru Yago, aho banavugaga ko yabeshye ko Shene ye ya YouTube yibwe, ariko nyuma y’aho RIB iyigaruye yatangiye gukora ibiganiro bye bisanzwe.”
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru
Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe.
Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.
Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu
Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.
Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.
Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu
Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40.
Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa.
Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification.
Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.
Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775