Umupasiteri yatawe muri yombi azira ibyo yakoreye ubugabo bw’abagabo 12 yababwiye ko agiye kubakuramo amadayimoni

Inzego z’umutekano zo mu gihugu cya Zimbabwe, zatangaje ko zataye muri yombi umupasiteri witwa Maribha wo muri kiriya gihugu, azira icyaha cyo gusoma imyanya y’ibanga y’abagabo 12 yashakaga kwirukanamo amadayimoni. 

Ku wa Gatatu tariki 12 Kamena 2024, ni bwo uyu muvugabutumwa ukomoka mu gace kazwi nka Mt Darwin, mu ntara ya Mashonaland muri Zimbabwe, yagejejwe imbere y’urukiko rwa Bindura, kugira ngo yiregure ku byaha ashinjwa. Ikinyamakuru NewsDay cyo muri Zimbabwe cyatangaje ko Singano Elisha, umucamanza w’urukiko yanzuye ko uyu mupasiteri aba afunzwe kugeza tariki 21 Kamena 2024. 

Ni mu gihe umushinjacyaha Edward Katsvairo yasobanuye ko uyu mupasiteri ashinjwa kuba yarashutse abagabo 12 avuga ko bafite imyuka mibi ya satani.  

Yahamije ko guhera muri Gashyantare kugeza Kamena uyu mwaka ari cyo gihe ibyaha ashinjwa yabikoreye. 

Ubwo pasiteri Maribha yisobanuraga yavuze ko yari bwirukane imyuka mibi abagabo bari bafite binyuze mu gukora, ndetse no kunyunyuza cyangwa se gusoma ibitsina byabo.  

Uyu mugabo wiyita umukozi w’Imana yahuye n’uruva gusenya  igihe abo yakoreraga imigenzo yo kubasomagura imyanya y’ibanga batanze ikirego kuri polisi bigatuma ahita atabwa muri yombi kugira ngo hakorwe iperereza. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Toa Jibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *