Ibibazo bikomeje kwisukiranya mu muryango wa Fulgence Kayishema uherutse gufatirwa muri Afurika y’Epfo akekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuri ubu wabwiwe ko ushobora kwamburwa ubufasha wahabwaga nk’impunzi muri iki gihugu.
Inshuti y’uyu muryango yabwiye itangazamakuru ryo muri Afurika y’Epfo ko Urukiko rwa Cape Town rwashinje umuryango wa Kayishema kubeshya ku myirondoro yawo n’uburyo wabonye ubuhungiro.
Abagize uyu muryango bahawe igihe ntarengwa cyo kuba basobanuriye Urwego rushinzwe Umutekano w’Imbere mu gihugu kuri ibyo birego.
Kayishema yafatiwe mu gace ka Paarl muri Afurika y’Epfo ku wa 24 Gicurasi nyuma y’igihe kinini yihishahisha.
Yashakishwaga n’Urwego rwasigariyeho Urukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda, IRMCT, ngo aburanishwe ku ruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Mu gihe yari muri gereza ku wa 15 Kanama, yongeye gutabwa muri yombi ku busabe bwa IRMCT yashyizeho inyandiko mpuzamahanga zisaba ko yoherezwa i Arusha muri Tanzania kugira ngo aburanishwe.
Iki kirego cyo kumwohereza muri Tanzania cyaburanishijwe kuwa Gatatu w’iki Cyumweru, gusa Kayishema ntiyari mu rukiko icyo gihe.
Ubushinjacyaha bwo muri Afurika y’Epfo buvuga ko butigeze butanga inyandiko zose zijyanye na dosiye ye yo koherezwa muri Tanzania kuko butegereje ko uyu mugabo abona abanyamategeko bahoraho.
Itariki iyi dosiye yo koherezwa muri Afurika y’Epfo izigirwaho ntabwo iratangazwa, ariko Kayishema agomba kuzongera gusubira mu rukiko ku wa 27 Ukwakira yisobanura ku bindi byaha aregwa by’uburyo yabonyemo ubuhungiro.
IGIHE
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com