Mu Mujyi wa Mombasa muri Kenya, umusore yisutseho lisansi aritwika nk’uburyo bwo kwigaragambya kubera ubuzima bukomeje guhenda muri iki gihugu.
Uyu musore bivugwa ko yize muri Kaminuza ya Nairobi yitwitse ku wa Kane, tariki 17 Kanama 2023, mu isangano ry’imihanda rizwi nka Mwembe Tayari rwagati muri Mombasa, ariko ku bw’amahirwe aza gutabarwa atarashiramo umwuka.
Ababonye uyu musore, babwiye The Nation ko yari yambaye imyambaro yirabura afite ibendera rya Kenya ubundi ajya muri iri sangano ry’imihanda yimenaho lisansi aritwika.
Abari hafi aho bagerageje kumubuza gushyira mu bikorwa uyu mugambi ariko undi abima amatwi.
Nyuma yo kwishumika, inzego z’ubutabazi zahise zihagera zimuzimya atarashiramo umwuka. Kugeza ubu uyu musore arwariye mu bitaro by’i Mombasa kubera ibikomere by’ubushye yasigaranye.
Uburyo bwo kwigaragambya umuntu yitwika bwamenyekanye cyane mu Majyaruguru ya Afurika ubwo Abarabu bari mu nkundura yo kweguza abayobozi babo. Ni ibikorwa byatumaga imyigaragambyo irushaho gukomera ndetse bigashyira igitutu ku bayobozi.
Uyu musore wo muri Kenya yafashe icyemezo cyo kwitwika mu gihe muri iki gihugu hamaze igihe hari kuba imyigaragambyo y’abaturage bavuga ko ubuzima bugenda burushaho guhenda.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Lets learn how to solve manage stress
A 28-year-old student of the Technical University of Mombasa (TUM) on Thursday, August 17 set himself ablaze in an attempt to commit suicide.
The comrade had more than 50% burn. pic.twitter.com/zWglufV5jO
— Sydney Kipkemboi (@ksydney_24) August 17, 2023
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com