
Umutoza wa Rayon Sports, Yamen Zelfani, mbere yo gukina Super Cup yatangaje ko kuba APR FC ifatwa nk’umukeba wayo, bitagakwiye kuba urwitwazo ku mukino kuko ari ikipe nk’izindi.
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 12 Kanama 2023, nibwo hateganyijwe umukino uzahuza amakipe yitwaye neza mu mwaka ushize w’imikino wa 2022-23, harimo APR FC yatwaye Shampiyona na Rayon Sports yegukanye Igikombe cy’Amahoro.
Mbere yo kujya gukina uyu mukino umutoza wa Gikundiro, yabanje kugirana ikiganiro n’abanyamakuru b’ikipe ye, kigaruka ku myiteguro y’umukino agiye gukina.
Yabanje kuvuga ko ari umukino usanzwe gusa yizeye neza ko uzamufasha gutegura indi ikomeye ikipe izakina umwaka utaha haba mu Rwanda ndetse no hanze yarwo.
Ati “Ni umukino nk’indi yose. Icyo tuzi ni uko uzadufasha kwitegura umwaka mushya w’imikino dufitemo CAF Confederation Cup. Gukina rero n’ikipe ifite Igikombe cya Shampiyona ni ibintu bikomeye.”
“Ibyo rero ntibyadukanga kuko na Rayon Sports ni ikipe ikomeye gusa buri mukino ugira uburemere bwawo.”
Zelfani yongeye kwibutsa abanyarwanda ko APR FC atariyo mukeba wenyine ifite mu gihugu ahubwo n’andi makipe akomeye mu Rwanda ari amakeba.
Ati “Oya ntabwo ariko bimeze, ukuri ni uko atariyo kipe yonyine duhangana hano. Hari Police FC, hari Kiyovu Sports ndetse n’izindi keretse wenda ari uko ari amakipe azwi muri Afurika. Twubaha APR FC nk’uko tubikora ku yandi makipe.”
Uyu mutoza umaze igihe gito, yongeye kugaruka ku bafana bayo, yemeza ko atigeze abona abafana bakomeye nk’aba Rayon Sports mu gihe gito ahamaze.
Ati “Ni ibintu byiza nabonye ku munsi w’Igikundiro. Abafana batweretse urukundo rukomeye. Nanyuze mu makipe agera kuri atatu akomeye ariko Aba-Rayon nabonye ari agatangaza. Bagomba kuza kudushyigikira.”
Umukino wa Rayon Sports na APR FC ugiye guhuza amakipe yombi yariyubatse ku buryo bugaragara mu bigendanye n’abakinnyi yari ifite mu mwaka ushize w’imikino kuko usibye Super Cup yombi azakina imikino mpuzamahanga.
IGIHE
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com