Urujijo ku Ntara za Ukraine u Burusiya bwiyometseho kandi zitarafatwa. Kuki Putin akomeje kugenza macye?

Guverinoma y’u Burusiya ikomeje kugenza make ku Ntara za Ukraine iheruka gutangaza ko zabaye izayo, mu gihe hari izitarafatwa uko zakabaye, kuko hari ibice abasirikare ba Leta ya Kyiv bakigenzura.

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida w’u Burusiya (Kremlin), Dmitry Peskov, kuri uyu wa Mbere yavuze ko bagiye gukomeza kuganira n’abaturage b’uduce twa Kherson and Zaporizhzhia, Intara zitarafatwa nubwo u Burusiya bugenzura ibice binini byazo.

Iki cyemezo giheruka gutangazwa n’u Burusiya nyuma ya kamarampaka zabaye mu duce tune twa Donetsk (DPR), Luhansk (LPR), Kherson na Zaporozhye.

Ni nyuma y’uko binyuze mu matora ya kamarampaka yabaye ku wa 23-27 Nzeri 2022, abaturage bemeje ko bashaka kuba ku ruhande rw’u Burusiya, aho kuguma kuri Ukraine.

Bitandukanye n’uko uduce twa Donetsk na Luhansk tugenzurwa ahanini n’u Burusiya, utwa Kherson na Zaporizhzhia haracyari ahantu hanini hagenzurwa n’ingabo za Ukraine ku buryo hakeneye kwemeza imbago zizaba zikurikizwa.

Peskov yagize ati: “Tugiye gukomeza kuganira n’abaturage bo muri utu duce”.

Perezida wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe kubaka igihugu n’amategeko, Pavel Krasheninnikov, yavuze ko mu kwinjira mu Burusiya, agace ka Zaporozhye kazagumana imbibi gasanganywe mu mitegekere, mu gihe Kherson izafatana n’uturere tubiri two muri Nikolayev.

Ni uduce natwo ngo twitabiriye amatora ya kamarampaka.

Uyu muyobozi wa komisiyo ishinzwe ibijyanye no gutangiza imishinga y’amategeko mu nteko, yagize ati: “Muri DPR na LPR ho hari itegeko nshinga rizagenda ryubahirizwa, imipaka isobanurwa neza, nta kibazo na kimwe gihari”.

“Kuri Zaporozhye, hari imipaka igenderwaho mu buryo bw’ubutegetsi y’Intara ya Zaporozhye. Ku bijyanye na Kherson, tuzi ko umuyobozi mukuru mu Ntara ya Kherson yagennye uturere tubiri [two mu Ntara ya Nikolayev] natwo turi mu Ntara ya Kherson.”

Umuyobozi wungirije wa Kherson, Kirill Stremousov, aheruka kuvuga ko imijyi ya Snegirevka na Aleksandrovka yo muri Nikolayev nayo yinjijwe mu Ntara ya Kherson. Abaturage baho babashije kwitabira amatora ya kamarampaka yo kwihuza n’u Burusiya.

Ku wa Gatanu nibwo Perezida Vladimir Putin yasinye iteka ryinjiza mu Burusiya Intara za Donetsk, Luhansk, Zaporozhye na Kherson.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Ushobora no kuganira natwe unyuze hano (Ubanza kwiyandikisha kuri uru rubuga nkoranyambaga amazuku.com unyuze hano, aho ushobora no kuganiriraho n’inshuti zawe)

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

KUPANUA umuti wizewe mukongera ingano y’igitsina   

Niba uziko ufite ikibazo cy’ubugabo bwabaye bugufi bishobora guterwa n’indwara cg gusiramurwa nabi cg ugasanga ariko wisanze .duhamagare turagufasha kuko Ibyo ntibikiri ikibazo.

Buriya ni ko kuri reka mbivuge, Hari abagore n’abakobwa bakunda cyangwa se baryoherwa n’imibonano mpuzabitsina mu gihe bayikoranye n’umusore cyangwa umugabo ufite igitsina kinini.

Urugero: Umugore/Umukobwa bafite mu matako hanini ntabwo yanyurwa n’imibonano igihe ayikoranye na we umusore/umugabo ufite igitsina kigufi.

Amahirwe dufite na bwo atarambye ni uko umukobwa/umugore atapfa kukubwira ko atanyurwa bitewe n’ingano y’igitsina cyawe, ariko n’ubundi amaherezo birangira aguciye inyuma.

Icyo ntabwo kikiri ikibazo kuko igisubizo kiri mu maboko yawe.

KUPANUA ni product twakuzaniye iturutse mu Bu shinwa. Ikaba ikemura icyo kibazo cyo kugira ubugabo bugufi cyangwa bunanutse.

Va kuri bya bindi ku ko iyi yo izaguha umunezero hagati yawe n’umukunzi cg na madamu wawe.

Hagarara ku izina ryawe ube umugabo uhamye Kandi ufite ijambo.

Ikindi nakubwira kuri iyi product   ya Kupanua iri oil ni uko icyo kibazo igikemura kabone n’ubwo waba waravutse ariko umeze, warasiramuwe nabi se cyangwa byarizanye mu bundi buryo.

Iyi product wayibona ku giciro cya 30000 Frw

Twandikire/Duhamagare kuri +250788920788

Niba kandi ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso.

REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro.

Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru.

Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi.

Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye.

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10

UKO IFATWA:

Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe,

Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye.

Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw

Call & WhatsApp Number:

+250788920788

 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Toa Jibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *