Brian Ahumuza benshi bazi nka Abryanz akaba inshuti y’akadasohoka ya Sheilah Gashumba, yahishuye ko amashusho y’uyu mukobwa aherutse kurikoroza yashyizwe hanze n’umuntu wamwibye konti ye ya Snapchat.
Uyu musore yabigarutseho nyuma y’iminsi hasakajwe amashusho ya Sheilah Gashumba yambaye ubusa n’andi ari gusomana n’umukunzi we Rickman.
Ubwo yari i Kigali aho yari yatumiwe mu birori bya Kigali Auto Show byabaye ku wa 12 Kanama 2023, Gashumba yabwiye abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ko yibwe konti ye ya snapchat n’umuntu utazwi, abasaba kwitondera ibyo baza kubona.
Abryanz yavuze ko uwibye konti ya Sheilah Gashumba yabanje kwigarurira sim card ye ‘sim swap’ kuko undi yari i Kigali ntacyo yari kubikoraho.
Nyuma yo gusubira muri Uganda, amakuru ahari avuga ko Sheilah Gashumba yihutiye guhita yisubiza nimero ye ariko uwari wayitwaye wari wanigaruriye Snapchat ye yari yamaze kubona amwe mu mashusho yayibarizwagamo.
Yashatse kwisubiza konti ye ya Snapchat biranga ahitamo gufungura indi yitiriye izina ry’ubucuruzi rye,‘Gash Luxe’.
Ku rundi ruhande nubwo Sheilah Gashumba n’umukunzi we baryumyeho, inshuti yabo Abryanz yahishuye ko hakomeje gukorwa iperereza ku wihishe inyuma y’ibi byose byasize bishyize hanze uyu mukobwa wamamaye mu itangazamakuru rya Uganda no ku mbuga nkoranyambaga.
Ubusanzwe umuntu wigaruriye nimero ya telefone y’undi ashobora kumwiba byinshi birimo imbuga nkoranyambaga, E-mail, konti za banki n’ibindi ari nayo mpamvu mu Rwanda ibyo gukora ‘sim swap’ byafatiwe ingamba zikomeye.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com