Yashyizwe hanze n’Umusore bakundanaga: Amashusho y’Urukozas0ni ya Honorine Munyemanzi yaciye ibintu kuri X yahoze ari Twitter

Ni inkuru iteye agahinda kandi iri kubabaza buri wese nubwo hari bamwe mu bashimishijwe no kubibona, y’umukobwa witwa Honorine Munyemanzi, aho ku mbuga nkoranyambaga hari gucicikana amafoto ye avugwaho kuba hari amashusho ye yambaye ubusa ari kwerekana imibonano mpuzabitsina ari hanze abantu bari kuyahanahana.  

Ibi biri gukorerwa cyane kuri X yahoze ari Twitter. 

Amakuru agera aravuga ko uyu mukobwa yari afite umuhungu bakundana nyuma baza gutandukana, icyo gihe uwo musore abwira umukobwa ko azamuhemukira.  

Ngo mbere bagikundana uwo musore yakundaga gusaba Nyemanzi ko yamuha amashusho ye yambaye ubusa, akabimukorera nk’umukunzi we. 

 Ngo iyo Nyemanzi yayahaga uwo musore mu buryo umuntu yoherezamo amashusho umuntu areba ariko atarongera kuyareba, umusore yahitaga akora record yayo akayasigarana, nyuma bashwanye nibwo uwo musore yatangiye kuyakwirakwiza ahantu hatandukanye, aza kugera ku bakoresha imbuga nkoranyambaga cyane kuri X barimo kuyakwirakwiza bayahanahana. 

 Bamwe mubari kubona ibi bari kubabazwa cyane n’uku gutesha agaciro uyu mukobwa, ikindi kandi bakavuga ko igihe umuntu ari mu rukundo bishoboka ko ibyo yakoze byo guha umusore bakundana ayo mashusho, bakanenga cyane uwo musore wafashe intambwe yo gukwirakwiza ayo mashusho y’uwahoze ari umukunzi we bavuga ko nta bumuntu burimo.  

Ikirenze ibyo ibi ni icyaha gihanwa n’amategeko y’u Rwanda. 

Itegeko No 60/2018 ryo kuwa 22/8/2018 ryerekeye gukumira no guhana ibyaha bikoreshejwe ikoranabuhanga mu ngingo ya 38 ivuga ku ‘Gutangaza amakuru y’urukozasoni hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga’ ivuga ko umuntu wese utangaza, wohereza cyangwa utuma hatangazwa ubutumwa ubwo aribwo bwose bw’urukozasoni akoresheje mudasobwa cyangwa urusobe rwa mudasobwa, aba akoze icyaha. 

 Iyo abihamijwe n’urukiko ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi 6 ariko kitarenze imyaka 2 n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda Atari munsi ya miliyoni imwe ariko atarenze miliyoni 2frw.  

Iyo ubutumwa bw’urukozasoni buvugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo budahuye n’ukuri cyangwa bureba umwana, uwahamwe n’icyaha ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka 3 ariko kitarenze imyaka 5 n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda Atari munsi ya miliyoni imwe ariko atarenze miliyoni 3frw. 

Igitabo cy’amategeko ahana ibyaha mu Rwanda kandi mu ngingo ya 182 kivuga ko ibyaha by’urukozasoni ari ibikorwa cyangwa imyitwarire itandukanye n’imyitwarire myiza n’imyifatire mbonezabupfura bitesha umuntu agaciro kandi bikamubangamira mu muco. 

Ingingo y’185 ivuga ko umuntu wese ukoze icyaha cy’urukozasoni mu ruhame, ahanishwa igifungo kuva ku mwaka umwe kugeza ku myaka itatu n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda kuva ku bihumbi 50frw kugeza ku bihumbi 500frw. 

Reba ayo mashusho unyuze hano hasi

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *