
Amakuru ashyushye
Zije zishoreranye nk’iza aba-Perezida: Muri iri joro i Kigali hasesekaye imodoka rutura zifite ikoranabuhanga zizajya zifashishwa mu gutwara abantu mu buryo bwa rusange. Mu masaha yo kuri uyu mugoroba, imodoka nshya zije i Kigali zava ku Rusumo aho zije gukoreshwa mu gutwara abantu mu buryo […]
Umukobwa witwa Mukanyonga Laurence wo mu murenge wa Muko mu karere ka Gicumbi wibye ababyeyi be inka maze ajya kuyikwa rwihishwa umuhungu bakundana. Umukozi ushinzwe irangamimerere mu Murenge wa Muko avuga ko ibi byabaye mu ijoro, ubwo Mukanyonga yafatwaga n’abari ku irondo mu masaha ya […]
Umwe mu banyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda (UR) Koleji ya Huye, akurikiranyweho gukuramo inda y’imvutsi akajugunya urwo ruhinja mu gatebo k’imyanda abakobwa baba mu macumbi ya Kaminuza bajugunyamo imyanda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Ukuboza 2023, ni bwo abakora isuku […]
Nkurunziza Ismael w’imyaka 37 y’amavuko, arashakishwa n’Inzego z’umutekano nyuma y’uko mu nzu ye hasanzwe icyobo yahacukuye akaba yari agiye kujugunyamo umumotari witwa Uwitonze Jean Marie Vianney wari umuzanye iwe i Bushenge muri Nyamasheke amukuye i Kamembe mu Mujyi wa Rusizi. Amakuru ducyesha Imvaho Nshya agaragaza […]
Twagiramungu Faustin, umunyepolitiki wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, yapfuye ku myaka 78 y’amavuko, kuri uyu wa 2 Ukuboza 2023. Twagiramungu yavutse ku wa 14 Kanama 1945 mu yahoze ari Perefegitura ya Cyangugu akaba yamenyekanye muri politiki y’u Rwanda mu 1991 […]
Twagiramungu Faustin, umunyepolitiki wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, yapfuye ku myaka 78 y’amavuko, kuri uyu wa 2 Ukuboza 2023. Twagiramungu yavutse ku wa 14 Kanama 1945 mu yahoze ari Perefegitura ya Cyangugu akaba yamenyekanye muri politiki y’u Rwanda mu 1991 […]
PolitikiAbasirikare ba Ukraine bagera ku bihumbi 300 bamaze gupfira mu ntambara igihugu cyabo gihanganyemo n’u Burusiya. Ni imibare yatangajwe na Aleksey Arestovich wahoze ari umuntu wa hafi wa Perezida Vladimir Zelensky. Arestovich wahoze ari icyegera cya Zelensky yabitangaje kuri uyu wa Gatanu ubwo yagarukaga ku […]
PolitikiAbanyeshuri bose biga mu kigo cy’amashuri cya Heroes Integrated Technical Secondary School mu Ruhango bazindutse batoroka ikigo none bababuze. Mu karere ka Ruhango, ubuyobozi bw’ikigo cy’amashuri cya Heroes Integrated Technical Secondary School buravuga ko abanyeshuri bose bakigaho batorotse mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu. […]
Politiki UbureziBamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko kuri ubu ufungiwe muri gereza ya Nyarugenge i Mageragere, ntabwo ajya asurwa na bamwe mu bo bahoranye muri Politiki. Aya ni amakuru yatangajwe n’umunyamakuru Manirakiza Theogene umaze iminsi afunguwe avuga ku buzima yabanyemo na […]
Politiki UbutaberaHakozwe umwambaro wiswe ‘Mukotanyi’ ugamije gushishikariza abiganjemo urubyiruko kwigira ku ‘Nkotanyi’ no kugera ikirenge mu cyazo, kugira ngo ubutwari zagaragaje zibohora igihugu no kunga Abanyarwanda bizasigasirwe n’ibisekuru biri imbere. Ni umwambaro wakozwe na Hero Fashion Style, iri mu nzu z’imideli ziri kuzamuka muri iki gihe […]
Imyidagaduro PolitikiAbatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Malawi n’imiryangoo iharanira uburenganzira bwa muntu banenze Perezida Lazarus Chakwera na guverinoma ye kubera kohereza urubyiruko rw’Abanya-Malawi 221 gukora mu mirima yo muri Israel. Israel yari iherutse guha Malawi inkunga ya miliyoni 60 z’amadolari mu rwego rwo kuyifasha kuzahura ubukungu. Aba […]
PolitikiNkurunziza Ismael w’imyaka 37 y’amavuko, arashakishwa n’Inzego z’umutekano nyuma y’uko mu nzu ye hasanzwe icyobo yahacukuye akaba yari agiye kujugunyamo umumotari witwa Uwitonze Jean Marie Vianney wari umuzanye iwe i Bushenge muri Nyamasheke amukuye i Kamembe mu Mujyi wa Rusizi. Amakuru ducyesha Imvaho Nshya agaragaza […]
Ubutabera Utuntu n'UtundiInyandiko z’Abayapani zimaze imyaka 1500 zavumbuwe zivuga ko Yezu atitanze ngo abambwe ku musaraba ahubwo ko yaguye mu gihugu cy’Ubuyapani afite imyaka 106. Izo nyandiko zivuga uko ibisekuru byo mu muryango w’aba Takenouchi byagiye bisimburana zivuga ko Isukuri, murumuna wa Yezu, ari we wabambwe kuko […]
IyobokamanaUmwe mu banyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda (UR) Koleji ya Huye, akurikiranyweho gukuramo inda y’imvutsi akajugunya urwo ruhinja mu gatebo k’imyanda abakobwa baba mu macumbi ya Kaminuza bajugunyamo imyanda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Ukuboza 2023, ni bwo abakora isuku […]
Uburezi Ubutabera UbuzimaMuri gitondo cyo kuwa 01 Ukuboza 2023, muri Kaminuza y’u Rwanda,ishami rya Huye habonetse uruhinja rwendaga kuvuka rwapfuye nyuma yo kujugunywa ahagenewe gushyirwa imyanda (poubelle). Urwo ruhinja rwagaragaye hafi y’inyubako icumbikamo abanyeshur b’abakobwa izwi nka Benghazi. Umukozi ushinzwe isuku muri muri iyi nyubako ya ’Benghazi’ […]
Uburezi Ubutabera UbuzimaIkinyamakuru The Daily News cyanditse ko kuri uyu wa gatatu mu ishuli ryitwa Orange River riri mu mujyi wa Fort Myers, muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika,umunyeshuri yasomye undi maze umwarimukazi agahamagaza polisi ariko polisi isanga nta cyaha kiri mubyo bakoraga. Abanyeshuri […]
UbureziAbanyeshuri bose biga mu kigo cy’amashuri cya Heroes Integrated Technical Secondary School mu Ruhango bazindutse batoroka ikigo none bababuze. Mu karere ka Ruhango, ubuyobozi bw’ikigo cy’amashuri cya Heroes Integrated Technical Secondary School buravuga ko abanyeshuri bose bakigaho batorotse mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu. […]
Politiki Uburezi