Umugabo wanjye twapfuye ko arangiza vuba/ Ndifuza umusore Wabasha kumara iminota 15 kandi azi n’ubwenge.

Benshi bakunze kuvuga ko urukundo nta forumire (formula) rugira , bakabivugira ko ari ikintu kizira igihe gishatse kikanagendera igihe kibishakiye.  

Kubaho ufite uwo ukunda nawe agukunda nikimwe mu bintu abantu bose kw’isi baba bifuza , ni muri ubwo buryo rero umwe mubakunzi bacu yatwandikiye maze adusaba kumutambukiriza ubutumwa kurubuga. 

Yanditse agira ati: “Mubyukuri kuba mbinyujije kuri uru rubuga rwa babitimes.com nkemera kuvuga ibindimo , nuko nifuza kuruhura umutima wanjye nkareka gukomeza kubaho ngenyine! mugihe maze ntari mu rukundo ubu noneho ndifuza wamba hafi najye nkamuba hafi. 

Mubyukuri nifuza umusore uri hagati y’imyaka 25-35 ufite igihagararo , kandi akaba ari n’umuntu usobanutse akamenya n’ubwenge kuburyo azabasha kumfasha akazi ko gukomeza gucunga imitungo yacu. 

Amazina yanjye nitwa Mumararungu Shadia, nkaba ntuye mumujyi wa Kigali ariko nkaba mfite inzu kuruyenzi niyubakiye , ku myaka yanjye 31 mfite umwana umwe ubu utuye muri Norway ari naho yiga , umugabo wanjye hashize imyaka 4 duhanye gatanya dupfa kutanshimisha mu buriri kubera kurangiza vuba njye nkibishaka , bityo kwihangana bikananira.” 

Ubaye uri umusore ukeneye umuntu uguhundagazaho urukundo ariko nawe ukaba urufite kuko uyu mukobwa akunda umuntu umwitaho cyane akanamuba hafi , ntushidikanye kugira icyo uvuga muri Comments , aho batangira igitekerezo ubundi akaba yaguhitamo akakwandikira.

INKURU NZIZA 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

3 Comments on “Umugabo wanjye twapfuye ko arangiza vuba/ Ndifuza umusore Wabasha kumara iminota 15 kandi azi n’ubwenge.”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *