Abantu 50 bafashwe basambanira hamwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19

Mu gihe abandi hirya no hino ku Isi bari bari mu byishimo byo gutangira umwaka mushya wa 2022, Polisi yo muri Espagne ikorera mu Gace ka Llica d’Amunt hafi y’i Barcelone, yavumiwe ku gahera n’abantu bagera kuri 50 yabujije kwishimisha ubwo yabafataga basambanira hamwe.

Abo bantu Polisi yabaguyeho bateje urusaku mu rusisiro ariko by’umwihariko batabwa muri yombi kuko barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19, bagaterana bageze kuri 50 kandi amabwiriza avuga ko batagomba kurenga icumi.

Ikinyamakuru El Mundo cyo muri Espagne cyatangaje ko byabaye bibi ubwo babiri mu bari batumiwe muri icyo gikorwa cyo gutangira umwaka, bayobaga bakajya gukomanga ku rugi rw’umuturanyi utari watumiwe.

Ubwo uwo muturanyi yumvaga abantu bakomanga cyane ku rugi kandi nta n’umwe yatumiye, yatabaje Polisi agira ngo atewe n’abajura.

Polisi yarahageze isanga ni abantu bayobye, ikomeza gukora iperereza isanga mu nyubako yo hejuru hari icyumba cyuzuyemo abantu bagera kuri 50 bari gukora imibonano mpuzabitsina.

Icyo cyumba ni cyo abo bakomangiye umuturanyi bari bagiyemo, birangira bateje bagenzi babo akaga.

Ibyo birori byari byateguwe n’Abanyamerika baba muri iyo nyubako, aho bari batumijeho indaya nyinshi zo muri ako gace ngo zize kubaha umunezero ku Bunani.

Nyiri iyo nyubako yabereyemo ibyo bikorwa yavuze ko yari yamenyeshejwe ibyo birori ndetse ko yari yabwiwe ko abarabyitabira bagomba kuba bari hagati ya 50 na 70.

Kugeza ubu abafashwe bagomba gucibwa amande mbere yo kurekurwa kuko barenze ku mabwiriza.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *