Abasirikare 3 ba FARDC bivuganwe n’inyeshyamba zari zimaze kunyaga Abanyamulenge

Abasirikare batatu bo mu gisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), bishwe barashwe n’inyeshyamba za Mai Mai abandi babiri barakomereka ubwo bari bakurikiye inka zirenga 300 zanyagiwe mu mujyi wa Baraka uri mu ntara ya kivu y’epfo.

Aba basirikare bishwe mu gitondo cy’ejo ku wa Gatatu tariki ya 17 Ugushyingo.

FARDC mu itangazo yasohoye, yavuze ko abo basirikare batatu bishwe barashwe ari abo muri Régiment 3407 bari basanzwe bakorera ahitwa Tujenge mu birometero 20 uvuye mu mujyi wa Baraka.

Umuvugizi w’igisirikare cya Congo muri Kivu y’Amajyepfo, Major Dieudonné Kasereka, yasobanuye ko abasirikare barashwe baguye mu gico bakurikiye inka z’abaturage b’Abanyamulenge zanyagiwe Baraka n’abarwanyi ba Mai Mai Bilozebishambuke.

Yavuze ko mu nka zibarirwa mu magana zari zanyazwe hari inka 64 igisirikare cyabashije kugarurira ba nyirazo.

Si i Baraka honyine hari iki kibazo cyo kunyarwa inka kuko no mu nkambi ya Lusenda irimo impunzi z’Abarundi zirenga 30 000 Abantu bitwaje imbunda ku wa mbere binjiye muri iyo nkambi banyaga inka 20 z’impunzi.

Nubwo abaturage batari bake bavuga ko inka zabo zinyagwa igisirikare cya Kongo kirebera, cyo kivuga ko kuva umwa wa 2021 kimaze gukomerekesha abasirikare benshi ndetse gitakaza abandi bakurikiye inka ziba zanyazwe mu turere twa Uvira, Fizi na Mwenga ho muri Kivu y’Amajyepfo.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/wD1JUJTenqk

https://youtu.be/Ki-dVcWT0xA

https://youtu.be/c3AwAXvWYTU

https://youtu.be/_18mOZbl5pc

https://youtu.be/JQKoyC3ZVBo

https://youtu.be/tLZPcuI2yaE

https://youtu.be/wB8OZhhjjiE

https://youtu.be/VFx7RbXdB8E

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *