Abaturage bateye hejuru bashinja umunyamakurukazi Betty kuniha nka ’ambulance’ mu gihe cy’akabariro akabasakuriza

Bamwe mu bagore bo mu gace ka Kilimani muri Kenya bateye hejuru bamagana umugore w’ikimenyabose kuri televiziyo witwa Betty Kyallo, bavuga ko uyu munyamakurukazi, abasakuriza mu gihe ari gutera akabariro n’umugabo we, boshye imbangukiragutabara (ambulance).

Aba bagore mu itangazo bashyize hanze, bavuga ko Kyallo mu ijoro abasakuriza mu gihe ibyishimo byo mu buriri byamurenze, nyamara bo ntibagoheke.

Ubahagarariye, Jessica Kui, avuga ko imyitwarire ya Kyallo yatumye haduka imico mibi mu bana bato ku buryo abana basigaye bigana uko aniha.

Kui ati: “Turambiwe za wuiwuiwuiwui za Betty Kyallo. Ariko ubundi buriya aba agamije iki? Umuhungu wanjye w’imyaka 10 ubu yamaze gufata mu majwi inihira ry’uriya mugore wagira ngo ni ambulance”.

“Njye nk’umubyeyi bintera isoni. Uriya mugore agomba kubuzwa gukomeza biriya bintu”.

Aba bagore bavuga ko niba nta gikozwe bari bugane inkiko.

Betty Kyallo ni umushabitsi akaba anazwi mu itangazamakuru. Yavutse kuwa 15 Werurwe 1989 ahitwa Kijiado muri Kenya.

Yakoze kuri Kenya Television Network (KTN) nk’usoma amakuru, aha yari yatangiye akora nk’uwimenyereza umwuga.

Nyuma yaje gukora kuri K24. Azwiho gukora ubucuruzi bwa serivisi zo kurimbisha abagore ndetse no guhinduranya abakunzi uko abishaka.

Muri Kenya, yagiye avugwaho gukundana n’abagabo bazwi banyuranye.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *