Amafoto ya Umulisa Benitha iherutse kujya hanze yambaye ubusa yatesheje umutwe umuhanzi ukomeye muri Nigeria

Ifoto ya Umulisa Benitha iherutse kujya hanze yambaye ubusa, yavugishije yateye amarangamutima umuhanzi wo muri witwa Glaxy agaragaza ko yamukunze yifuza kumenya uwamubyaye.

Muri iki cyumweru turi gusoza nibwo ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amafoto y’umukobwa witwa Umulisa Benitha wahoze akundana na Lil G, wagaragaye yambaye ubusa igice cyose cyo hejuru yakinze ibiganza ku mabere.

Abantu batandukanye batanze ibitekerezo kuri aya mafoto bamwe bavuga ko uyu mukobwa na mugenzi bari kumwe we bashakaga kumenyekana, abandi bavuga ko atari iby’i Rwanda.

Nyuma y’aho Umulisa Benitha yaje kwandika amagambo kuri Instagram yihaniza abantu bamushinjaga kwimenyekanisha akoresheje ubwambure bwe. Yavuze ko aya mafoto yagiye hanze atabigiyemo uruhare.

Kuri uyu wa Gatandatu umuhanzi wo muri Nigeria uzwi nka MC Glaxy ufite inzu ifasha abahanzi yitwa MCG Empire ibarizwamo umunyarwandakazi Neza, yashyize kuri Instagram ifoto  ya Umulisa Benitha yambaye ubusa hejuru agaragaza ko yamukunze, agira ati “ni nde wabyaye uyu mukobwa mwiza?

MC Glaxy ubundi witwa Innocent Udeme Udofot ni umwe mu bahanzi bahagaze neza muri Nigeria yakoze indirimbo zitandukanye zirimo izo yafatanyije na Neza nka Baby na Vibe baheruka gushyira hanze. Afite n’izindi ze zirimo Kase, Kiss Kiss, Nek-Unek yakoranye na Davido n’izindi.

Uyu Umulisa Benitha wakundanye n’ibyamamare bitandukanye asanzwe ari umunyamideli, akaba anifashishwa mu mashusho y’indirimbo zitandukanye nka Mpfumbata ya Urban Boys na Every Thing ya Uncle Austin na Meddy.

Umulisa Benitha uri mu kigero cy’imyaka 21 yamenyekanye cyane ubwo yakundanaga na Lil G, nyuma hagati mu mwaka wa 2017 yaje gukundana na Producer Pacentho ariko na we ntibamarana kabiri kuko mu mpera za 2017 yerekanye undi musore yasimbuje aba bombi.

Ababonye amafoto ya Umulisa Benitha na mugenzi we bambaye ubusa, umubare munini wanenze igikorwa bakoze bagahuriza ku kuvuga ko ‘ahazaza ha bombi hateye inkeke’.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *