Amakuru mashya y’ibyabaye ku muhanuzi w’imyaka 40 washakishaga abakobwa bakiri bato akabasambanya abashutse yitwaje ubuhanuzi

Umuhanuzi w’ibinyoma w’imyaka 40 washakishaga abakobwa bakiri bato akabasambanya abashutse yakatiwe igifungo cy’imyaka 45 azira gushaka gufata ku ngufu no gufata ku ngufu. 

Dingaan Abram Rantsho yatawe muri yombi nyuma yo kugaragara mu rukiko rw’umucamanza wa Tseki n’umwe mu bagenzacyaha nyuma yiminsi 3 havuzwe ikibazo cyo gushaka gufata ku ngufu. 

Nkuko ikinyamakuru Daily dispatch cyabitangarijwe na Sgt Mahlomola Kareli umuvugizi wa polisi muri ako gace, ibikorwa byo gushimuta no gufata ku ngufu byakozwe n’umuhanuzi w’ibinyoma byatangiye muri Kanama 2021 ubwo umwana w’imyaka 18 yahohoterwaga nawe. 

Umuvugizi wa polisi agira ati“Uwahohotewe yegerewe n’umugabo wiyise “China” atangira ubuhanuzi bwe bw’ibinyoma kubyerekeye uwahohotewe.”  

“Yavuze ko umuyobozi w’ikigo akorera ari mu mujyi kandi akaba ashaka imyirondoro (CV) ku bantu bakeneye akazi.”  

“Yakomeje gushukashuka uwo mukobwa amwerekeza mu nzu ya nyiri ugukekwaho icyaha i Monontsha. Agezeyo, akuramo icyuma ategeka uwahohotewe gukuramo imyenda yose.”  

“Yamusambanyije amufatiyeho icyuma, hanyuma aramurekura amuha amafaranga yo gufata tagisi imugeza mu rugo.”  

Ibi byaha byose uyu muhanuzi w’ibinyoma aregwa bivugwa ko yabitangiye mu mwaka wa 2021. 

Urukiko rumaze gusuzuma no kumva abatangabuhamya kubyaha byo gushaka gufata no gufata kungufu abangavu Dingaan Abraham Rantsho yagiye akora mubihe bitandukanye rwamukatiye igifungo cy’imyaka 45. 

INKURU NZIZA 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *