Bamuteye ibyuma mu myanya myibarukiro barangije baramwica: Uko byagendekeye Miss wa mbere w’u Rwanda nuko yaje kwicwa. Amafoto

Nyampinga w’u Rwanda watowe bwa mbere ni Nubuhoro Jeanne atorerwa muri hoteri yitwaga meridien mu 1991 akaba yarishwe muri Genocide yakorewe abatutsi mu 1994.  

Yaje gusimburwa na Uwera Dalila watowe mu kuboza mu 1993 agomba kuba Nyampinga w’u Rwanda mu 1994 gusa Genocide yakorewe Abatutsi ikivangamo, akaba ari nawe wamenyekanye cyane, kuri ubu aba mu gihugu cy’ububiligi. 

Icyo gihe Nubuhoro Jeanne atorwa yigaga mu mashuri yisumbuye mu ishuri rya G.S.N.D.B.C Mucyigo cyi Byumba.  

Uyu mukobwa ise yari Munyankindi Jean na Nyiramadadari Mediatrice, bari batuye i Ndera ari naho bamwiciye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. 

Gusa mbere yaho muri 1992 we na Mama we bahungiye I Burundi agezeyo aniyamamaza muri Miss Burundi aba igisonga cya 1. 

I Burundi haje Kuba intambara ishingiye ku buyobozi muri 1993 aza kugaruka mu Rwanda we na Mama we. 1994 Jeanne na Mama we baje kugaruka mu Rwanda mu 1994, ubwo ibintu byari bimeze nabi baje guhungira ku bitaro bya caraes ndera ariho uyu mwali na Mama we na musaza we baje kwicirwa. 

Jeanne yari bucura iwabo mu muryango wa bana 8.  

Abari bahari ubwo yicwaga bavugako bitewe nuburyo yarazwi interahamwe zaje ariwe zibaza,  bamuteye ibyuma mu myanya myibarukiro barangije baramwica, ndetse bamwica bamushinyagurira bamwibutsa ko ariwe miss w’u Rwanda. 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *