Bitunguranye, Undi musore ateye indobo umukobwa biteguraga kurushingana kubera inkwano z’Umurengera iwabo bamusabye

Gufata icyemezo cyo gushinga urugo gikomeje kutorohera abasore batari bacye kubera ko gukwa muri iki gihe bikomeje kubabera ikibazo gikomeye, aho usanga bakwa inkwano z’umurengera bikabaviramo kureka gushaka bitewe nuko biba birenze ubushobozi bwabo.

Benshi mu basore, cyane cyane abatifite cyangwa se abifite mu rugero, usanga bibaza ukuntu ubukwe bushobora guhenda kuri iki kigero, ibi akaba ari byo abasore benshi basigaye babona ugasanga baravuze ngo “Si ugutangwa kw’inkwano ahubwo byaba ari ukugurishwa k’umukobwa”.

Si mu Rwanda gusa, nkuko tugiye kubibagezaho, no mu bindi bihugu byo muri Afurika usanga dusangiye iki kibazo, nk’uyu musore Anderson wo mu gihugu cya Nigeria wahisemo gutandukana nuwo yihebeye bendaga gukora ubukwe, ariko kubera nawe yaciwe inkwano zihenze cyane, zirenze ubushobozi bwe atakwibonera, ahitamo kuvanamo ake karenge.

Ikinyamakuru Ghpage cyo muri Ghana cyabonye iby’igiciro gihenze uyu musore yaciwe, bigaragaza ko uyu musore yagombaga gutanga ibihumbi 150.000 by’amafaranga yo muri Nigeria bigahabwa nyina w’umukobwa wenyine, hiyongereyeho n’ibindi byinshi aho urutonde ari rurerure.

Irebere hano urwo rutonde rugaragaza ibintu uyu musore yasabwe kugirango ashobore kwegukana umukunzi we burundu, urutonde rwamuciye intege bigatuma ahitamo kubivamo agatera indobo uwo yari yarihebeye.

Uku guterwa indobo k’umukobwa kwagaragaye mu kiganiro uyu musore Anderson yagiranye n’umukunzi we B, aho uyu musore yerurire uyu mukobwa amubwira ko adashobora kuzabana na we bitewe n’inkwano zihenze ari kwakwa. Ikindi yakomeje avuga ko bitaba ari ukumukwa ahubwo ari kubona umuryango we waba uri kumumugurisha.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

Irebere ikiganiro umusore n’uyu mukobwa bagiranye:

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/IbN1W0eOHqk

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *