Byagenze bite ngo umwe mu mirenge yo mu Rwanda umare umwaka urenga nta muyobozi ugira? Icyo amategeko ateganya.

Bamwe mu baturage bavuga ko bahangayikishijwe no kuba uyu Murenge wabo umaze umwaka urenga nta muyobozi ufite, kuko kuva uwari Gitifu w’uyu Murenge, Uwamariya Clemence, yarwara bikomeye, nta Gitifu utari uwagateganyo bafite kuko we atashoboraga gukora neza inshingano. 

Aba baturage bakaba ari abo mu Murenge wa Musasa, mu Karere ka Rutsiro, aho bavuga ko Gitifu w’uyu murenge yarwaye muri Werurwe umwaka ushize kugeza ubu akaba ataragaruka mu kazi. 

Kuba kugeza ubu, uyu murenge udafite Gitifu  utari uwagateganyo cyangwa se w’umusigire, hari serivisi zimwe atabasha guha abaturage bawutuye nko gushyingira, aho aba baturage bavuga ko uyu muhango hajya hitabazwa Gitifu w’umurenge wa Mushonji. 

Aba baturage baganiriye n’itangazamakuru bavuga ko kuba uwari Gitifu amaze igihe kirenga umwaka, atabasha gukomeza ishingano, hakabaye harashatswe undi umusimbura ngo akomeze ishingano yakoraga, nkuko amategeko agenga abakozi ba leta hano mu Rwanda abiteganya. 

Kuri iyi ngingo, Kayitesi Dative, usanzwe ari umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, yavuze ko byatewe n’ikibazo cyagaragaye muri sisiteme, ifasha mu gushaka abakozi.  

Ubwo yaganirizaga itangazamakuru, Kayitesi Dative, yagize ati “Tumaze amezi ane sisitemu yo gushaka abakozi yarahagaze.”  

Yakomeje avuga ko “Uwari umuyobozi yaje kurwara, ubwo bitwemerera kuba twashyiraho undi mukozi, ubungubu sisiteme yarafunguwe, ngirango gutanga amabaruwa asaba akazi byarangiye ku itariki 16 04, tugeze mu cyiciro cyo guhitamo abujuje ibisabwa.” 

Mu mategeko arebana n’abakozi ba leta hano mu Rwanda, harimo ko ubundi iyo umuyobozi arwaye, bigatuma adakomeza ishingano ze nk’umuyobozi, arwazwa mu gihe kigeze ku mezi 6. Iyo ibi binaniranye ntabashe kuza mu shingano ze yarafite hashakwa umusimbura kuri wa mwanya yariho. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *