Byahinduye Isura! Umuhanzi Mico The Best yatanze andi makuru ku bye na Diamond Platnumz yatunguye benshi bagwa mu kantu

Hagati mu cyumweru gishize, nibwo hatangajwe ko umuhanzi Diamond Platinumz agiye kuza gutaramira mu Rwanda mu gitaramo cya African Giant ariko kandi hakaba hari n’amakuru yavugaga ko umuhanzi Mico The Best yaba aryamiye amajanja ngo amwishyuze amafaranga yamugombaga yari amurimo kuva mu mwaka wa 2013. 

Mu gihe abantu bari bakibaza ku byayo makuru , nibwo Mico The Best abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yahise asohora itangazo rishimangira ko ikibazo yari afitanye n’uyu muhanzi w’umutanzaniya cyacyemutse binyuze mu buyobozi bwa WASAFI nyuma y’uko bumwegereye bakagirana ibiganiro bikura umwuka mubi wari hagati y’aba bahanzi bombi. 

Ubwo Mico The Best yari abajijwe n’ikinyamakuru BWIZA.COM niba koko yarishyuwe asaga Miliyoni 17 yari aberewemo na Diamond, yavuze ko abantu babyumvise nabi atabifata nk’ubwishyu ahubwo ko icyari kigamije ari ugukuraho umwuka utari mwiza hagati yabo. 

Ikindi Mico yatanzeho umucyo, ngo ni uko atari yakaniye ko ageza Diamond mu nzego z’ubutabera agikandagiza ikirenge cye muri Kigali nk’uko abantu benshi bakomeje kugenda bibivuga kuko ngo n’ikimenyimenyi ntabwo yari yigeze amuvugisha mbere y’uko amenya amakuru y’uko agiye kuza , ahubwo ngo yahise abona Babu Tale usanzwe aharanira inyungu z’inzu ya Wasafi amwegereye ngo babicyemure, gusa yongeraho ko atari ukwishyurwa nk’uko abantu babifata nabi. 

Yagize ati” Ibijyanye no kwishyurwa abantu babyenterepureta nabi(Enterpretation), ntabwo bikwiye kwitwa inyishyu kuko habayeho kumvikanisha impande zombi ku munyarwanda n’umunye-Tanzania, ni ukureba gusa ikintu gishobora koroshya ibyo bintu njye nanabyita Fanta kuko ntushobora kuvuga ngo ibyangiritse muri show arabikwishyuye n’ugukuraho ikibazo gusa mu biganiro hagasigara umwuka mwiza.Ntabwo ari inyishyu ngo yabanje kwishyura kugirango aze, oya.” 

Gusa avuga ko nk’ibintu byari birimo amafaranga umuntu ashobora gutangaho macye bigaragaza ko biri mu nzira ko n’ibisigaye bizagenda neza ariko bikaba bitafatwa nk’inyishyu kuko ngo bibazwe mu bwishyu yaba ari umutagire(Milionaire).Kugeza ubu nta kibazo ngo afitanye na Diamond kuko ngo no kuba baramwegereye nabyo ni igisubizo ku bibazo byabo. 

Mu mwaka ushize wa 2022 byavugwaga ko Diamond agiye gutaramira i Kigali, Mico The Best abifashijwemo na KIKAC Music yarebereraga inyungu ze icyo gihe bahise batanga ikirego bundi bushya basaba inzego zitandukanye ko mu gihe uyu muhanzi yaba ageze i Kigali yabanza kumwishyura. 

Ni ikirego Mico The Best yatanze abimenyesha Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Urwego rw’Igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka ndetse na Ambasade ya Tanzania mu Rwanda ariko birangira ataje no kumwishyuza bias n’ibicecetse.Icyo gihe Mico The Best yunganiwe n’umunyamategeko Bayisabe Irene bishyuzaga Diamond ibihumbi 17270$ (arenga miliyoni 17Frw). 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *