Abanyarwanda basaga 100 bararira ayo kwarika nyuma yo gutekerwa umutwe na Kompanyi yabijeje akazi keza bakayihundagazaho amafaranga

0 6 min 2 mths

Hari urubyiruko rusaga 100 rwo mu turere dutandukanye tw’u Rwanda ruri kurira ayo kwarika nyuma yo gutekerwa umutwe na Kampani yabijeje akazi, bikarangira abiyitaga abakozi bayo nta n’umwe baciye iryera.  Ku wa 22 Nzeri 2023 nibwo abo basore n’inkumi bari babukereye mu Karere ka Musanze […]

Akazi Andi Makuru