Centrafrica: Igitero simusiga cy’inyeshyamba ku kigo cya gisirikare cyaguyemo batandatu

Inyeshyamba zahitanye nibura abasirikare batandatu mu gitero cyagabwe ku birindiro bya gisirikare byo mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Repubulika ya Centrafrica kuri uyu wa Kane, itariki 28 Mata 2022, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi waho ndetse n’umuyobozi w’ibitaro kuri uyu wa Gatanu.

Abagize ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rizwi ku izina rya Coalition of Patriot for Change (CPC) bagabye igitero mu kigo cya gisirikare giherereye mu nkengero z’umujyi wa Bakouma mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’ibanze utashatse ko izina rye ritangazwa kubera impamvu z’umutekano we.

Yavuze ko abasirikare batandatu n’inyeshyamba enye bishwe.

Iki gitero cyemejwe n’umuyobozi w’ibitaro byo mu mujyi wa Bangassou wegereye aho byabereye, nawe utashatse kumenyekana, aho imirambo n’abasirikare bakomeretse bajyanwe.

Repubulika ya Centrafrique ikungahaye ku mabuye y’agaciro yibasiwe n’urugomo kuva ihuriro ry’inyeshyamba z’abayisilamu ba Seleka ryirukanye Perezida Francois Bozize, mu mwaka wa 2013, bituma havuka imitwe yitwara gisirikare ya gikirisitu yo kurwanya abayisilamu.

Mu myaka yashize, ingabo za leta zishyigikiwe n’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro, ingabo z’u Burusiya n’iz’u Rwanda, zarwanyije inyeshyamba za CPC zasatiraga umurwa mukuru zishaka kuburizamo amatora yo mu Kuboza 2020 Perezida Faustin-Archange Touadera yegukanye bwa kabiri.

Umuryango w’Abibumbye washinje impande zombi ubugizi bwa nabi burimo ubwicanyi, iyicarubozo, ihohoterwa rishingiye ku gitsina no gukoresha abarwanyi b’abana n’ibindi.

Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zirenga 160 aguye muri iyi ntambara imaze gukura mu byab abantu barenga miliyoni.

Urukiko rwihariye Mpanabyaha rwashyizweho mu 2015 kugira ngo rukurikirane ibyaha by’intambara byakorewe muri iki gihugu rwatangiye urubanza rwarwo rwa mbere mu cyumweru gishize.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *