Dore amagambo 3 y’ibinyoma uzabwirwa n’Umukobwa/Umugore mukundana by’ukuri kandi akubeshya

Hari amagambo amenyerewe abagore bakunze kubwira abo bakundana, agafatwa nk’ukuri kandi ari ibinyoma, babeshya, ariko bikaba bitapfa kumenyekana cyangwa ngo bihabwe agaciro.

Ese kuki hari inkundo nyinshi hanze aha zanze neza neza mu gihe abandi usanga babayeho neza?

Ese kuki abantu basabwa kuba ba nyabo mu rukundo bagashyira hasi ikinyoma?

Abenshi bagambanira abo bakundana binyuze mu kinyoma, gusa hari ubwo abakobwa babeshya ibinyoma bidafite icyo byishe ariko bikanafatwa nk’ibinyoma. Nta muntu n’umwe ufite uburenganzira bwo kubeshya.

Niba ugira ikibazo cyo kwizera mu rukundo rwawe, ahari uwo mukundana arakubeshya.

Icyizere ni ikintu gikomeye cyubakwa kuva mu ntangiriro y’urukundo rwanyu n’ubwo hari ababeshya buhoro kugira ngo abo bakundana bamere neza.

Ab’igitsina gore babeshya kugira ngo abagabo cyangwa abasore bakundana bamere neza, babeshya bagira ngo bari kubitaho badahungabana.

Hari bimwe mu binyoma bikoreshwa n’abakobwa / abagore cyane, nk’ibi bitati bikurikira, ubutaha nuramuka ubimwumvanye, uzamenye ikijyambere.

Uri uwa mbere

Ndagukunda cyane, kandi nkukundira uko uri, kandi nta kintu na kimwe kizakuza imbere, reka twikundanire nta muntu udakosa ubaho.

Mu ntangiriro z’urukundo rw’abantu babiri buri wese aba avuga ibi kuko baba bataziranye neza, gusa nyuma yo kumenyana hakabaho kumenya ibintu bimwe na bimwe babeshyanye, ibintu birahinduka.

Rero umukobwa mukundana nakubwira amagambo nk’aya, ntuzatungurwe ngo wifate nk’utunguwe ngo kubera ko mu minsi ibiri gusa mumaze mukundana, ntabwo yakubonamo ubutungane nk’ubwo ari kukubwira.

Uri mukuri

Mu gihe muzaba murimo kuganira musa naho muri gutongana mwanze kumvikana ku kintu runaka, azarangiza yivugira ngo ‘Uri mukuri’. Ahari ibi biragushimisha ariko ukwiriye kumenya ko iki ari ikinyoma gikomeye cyane.

Avuze ibi kugira ngo umere neza, kugira ngo agucecekeshe, ntabwo abyizeye nk’ukuri. Uyu mukobwa abizi neza ko mugahe gato uramenya ko ari we ufite ukuri. Azategereza ko umusaba imbabazi.

Ntakibazo

Ikinyoma gikomeye azakubwira ni ‘Nta kibazo rwose’. ‘Meze neza’. Mu gihe ubajije uwo mukundana niba hari ikibazo afite akenshi azagusubiza akubeshya, akubwire ko ameze neza.

Urabibona ko ababaye, ko hari ikitagenda neza, ariko ari kukubwira ko ntakibazo. Igihari ni uko adashaka ko muvugana ibintu byinshi, gusa ikibazo gihari ni uko adashaka kuvuga.

Ntabwo ashaka kukubwiza ukuri, abakobwa benshi ntabwo baba bifuza ko abasore bakundana bamenya ko batameze neza, bagakenera ko babyivumburira.

Ubu ushobora kumenya niba uri kubeshywa cyangwa niba ari ukuri koko. Uwo mukobwa ujye umugenzura umenye neza neza niba uri kubeshywa.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/45bUPa2_zPs

https://youtu.be/WfbqIQHaa8c

https://youtu.be/5hCBIj43gRE

https://youtu.be/2XX5Aa1v59o

https://youtu.be/IF0iRpc-ltw

https://youtu.be/8UBSIQjeJ-Y

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/Kc5CDmg7JgA

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *