Dutemberane mu gace ka Kunene na Omusati, aho umushyitsi ubasuye bamuha abagore batera akabariro

Abaturage bo mu bwoko bwa Ovahimba na Ovazimba bo mu duce twa Kunene na Omusati mu majyaruguru ya Namibiya bafite umuco udasanzwe wo gutanga abagore babo bakaraza umushyitsi wese ubasuye kandi banze gukurikiza inama bagirwa ngo babicikeho.

Ni uduce dutuwe n’Abaturage barenga 50.000 aho abagore bashinzwe buri munsi kwita ku nka zabo, kurera abana ndetse n’indi mirimo myinshi mu gihe abagabo bagiye guhiga rimwe na rimwe bamarayo igihe kirekire.

Amakuru avuga ko Ubutunzi bw’umuntu utuye muri turiya duce bureberwa ku mubare w’inka umuntu atunze.

Abantu bafite abagore benshi, abakobwa iyo bageje igihe cyo gushaka bamaze gukura, ba se ni bo babahitiramo abo babana.

Aba bantu bafite uruhu rutukura kandi rutangaje. Ibara ry’umutuku riboneka ku ruhu rwabo ryitwa, otjize, kandi imikorere yayo ni ukurinda uruhu rwabo izuba no kurumwa n’udukoko.

Bayoborwa kandi no kwizera ko ibara ry’umutuku risobanura “Isi y’amaraso”.

Ikindi gitangaje ntibojya boga mu buzima bwabo, abagore n’abakobwa baho bisiga umwotsi  uhumura neza  ku ruhu rwabo.

Barubaha cyane kandi bikomeye: Iri jambo rikoreshwa mu buryo butandukanye muri ubu bwoko.

Iyo umushyitsi aje kubasura, umugabo yerekana ko yemeye kandi yishimiye kubona umushyitsi we amuha ikaze maze bakibwirana.

Okujepisa Omukazendu, ni ijambo bahita bakoresha risobanura ko umugore bamuhaye umushyitsi wo kuraza mugihe umugabo ahita ajya kuryama mu kindi cyumba. Iyo nta cyumba bafite, umugabo we ahita ajya kuryama hanze.

Uyu muco wabo ngo ubafitiye “inyungu” abahatuye bose: bigabanya ishyari kandi biteza imbere umubano.

Umugore nta bubasha afite bwo gutanga igitekerezo cyangwa kugira icyo avuga mu gihe hafatwa ibyemezo. Kumvira umugabo we ni cyo kiza mu mwanya wa mbere.

Ikibabaje, umugore nta burenganzira afite bwo kuryamana n’umugabo we mu kindi cyumba iyo ari kumwe n’umushyitsi.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *