Hamenyekanye amakuru mashya ku mwarimu witwa Harerimana wiyahuye kubera ubuhemu yakorewe n’umukobwa yari amaze iminsi yaragabiye umutima we!

Kuri uyu wa 15 Gicurasi 2024, mu masaha ya Saa Saba na makumyabiri n’itanu z’ijoro nibwo humvikanye inkuru y’urupfu rw’umusore w’imyaka 27 y’amavuko wasanzwe amanitse mu mugozi yapfuye bigaragara ko yiyahuye. 

Ibi byabereye mu Murenge wa Muko, mu Kagari ka Cyogo, Umudugudu wa Kabere,Akarere ka Musanze. 

Uyu musore yitwa Harerimana Pascal akaba yari asanzwe ari umwarimu ku ishuri ribanza rya Mubago mu Murenge wa Nkotsi. 

Amakuru ducyesha BWIZA akomeza avuga ko uyu nyakwigendera, akaba akomoka mu Karere ka Rubavu, umurambo we ukaba wasanzwe mu nzu yakodeshaga amanitse. 

Uwamubonye bwa mbere bivugwa ko asanzwe ari umwarimu mugenzi we witwa Nizeyimana Yves wigisha kuri GS Kabere mu Murenge wa Muko, wari ucumbitse mu gipangu kimwe na nyakwigendera. 

Kugira ngo Nizeyimana Yves amubone, yari amaze guhamagarwa n’umukobwa wari usanzwe akundana na Pascal uba mu Karere ka Rubavu, wamuhamagaye amusaba ko yajya kumumurebera ngo kuko yari amaze kumusezeraho amubwira ko agiye kwiyahura. 

Amakuru aturuka muri kariya gace byabereyemo, avuga ko amazina y’uwo mukobwa uyu Yves atayazi neza usibye izina rya Alliance amuziho. 

Gitifu w’Akagari ka Cyogo ibi byabereyemo, Umurungi Marie Grace, yemeje aya makuru anaboneraho no gutanga inama. 

Ati:”Kwiyahura bishobora kuba uburwayi, umuntu ashobora kubitekereza cyangwa akagira uwo abisangiza.”  

Umurungi Marie Grace yakomeje agira ati: “Turasaba abantu amakuru yose babonye ntibakayapfushe ubusa, niba umuntu agize icyo akubwira kigaragaraza ko ashaka kwiyahura uge umusanga hari ubwo muganira ibyo yatekerezaga byose akabyibagirwa.” 

Gitifu Umurungi yanasabye abagira intekerezo zo kwiyahura ko bajya basenga. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano  ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *