Havumbuwe Ukuboko kwa Perezida Zelensky mu bitero by’u Burusiya kuri Ukraine ayobora?

Burya iyo intambara ibaye akenshi impande zinyuranye zitangaza byinshi ariko ahanini buri ruhande rugatangaza ibiri mu nyungu zarwo.

No mu ntambara ya Ukraine rero niko bimeze kuko usanga uruhande rushyigikiye Ukraine ruvuga neza perezida Zelensky ndetse rukamwita intwari ya rubanda.

Ku rundi ruhande Burusiya bufata perezida Putin nk’umucunguzi bityo umuntu uri ku ruhande akaba adashobora kumenya ukuri n’ikinyoma.

Nubwo nta ruhande tugamije gushyigikira cyangwa kurwanya muri iyi nkuru ariko umunsi ku wundi amakuru agenda ajya hanze ndetse akambika ubusa impande zombi ziri muri iyi ntambara.

Bitewe nuko amakuru menshi dukurikirana ari ayaturuka mu bihugu bya America n’uburayi usanga amenshi tubona ari asingiza perezida Zelensky wa Ukraine ndetse bakamugaragaza nk’umutagatifu ugamije icyiza.

Ariko mu by’ukuri yaba ari umuntu mwiza nkuko babitwemeza ku ngufu?

Ubusanzwe perezida Zelensky yagiye ku butegetsi muri 2019. Icyo gihe yari asimbuye mugenzi we Petro Poloshenko wagiyeho muri 2014 ubwo muri Ukraine hari hamaze kuba Coup d’Etat yatewe inkunga na perezida wayoboraga America ariwe Barack Obama.

Icyo gihe havuyeho perezida Victor Yanukovich wari wunze ubumwe n’u Burusiya, hajyaho Poloshenko wari ushyigikiwe na America n’inshuti zayo, kugeza muri 2019 ubwo uyu Zelenskiy wari usanzwe ari umunyarwenya yatsindaga amatora mu buryo nanubu benshi batarabasha gusobanukirwa.

Kuki Volodymyr Zelensky ahora yambaye imyenda iriho ibimenyetso by’aba Nazi ba Adolf Hitler?

Ubwo Vladimir Putin yajyaga gutera Ukraine imwe mu mpamvu zamujyanye ngo byari ugukuraho ubutegetsi bw’aba Nazi buyobora Ukraine.

Benshi babyise imvugo za politiki ndetse ntibabiha agaciro ariko kugeza ubu Zelensky ubwe ntabihisha ko ashobora kuba ari umu Nazi koko.

Aba ba Nazi nibo bakoreye abayahudi jenoside ariko kandi ninabo bateje intambara ya kabiri y’isi.

Kugira ngo ubyumve Zelensky imyenda ye yose ari kwambara muri iki gihe cy’intambara ahanganyemo n’u Burusiya haba hariho ikimenyetso kimeze nk’umusaraba ku ruhande rw’ibumoso ku gatuza.

Iki kimenyetso ntabwo ari umusaraba usanzwe ahubwo ni umusaraba ungana hose bitandukanye nuw’aba Kristu bakoresha.

Mwene uyu musaraba wamamaye mu myaka ya 1800 ariko uza kumenyekana cyane ku isi mu kinyejana cya 20 mu myaka ya 1930 na 1940 ku Ngoma ya Adolf Hitler wayoboraga u Budage.

Hitler na bagenzi be bafashe uyu musaraba bawushyira rwa gati mu kirango cyabo ndetse uyu musaraba waje no kuba ikimenyabose ko ari ikimenyetso cy’ingabo za Hitler.

Intambara ya kabiri y’isi irangiye iki kimenyetso cyahise kizimira ariko rimwe na rimwe kikajya gikoreshwa n’abahezanguni b’abazungu babaswe n’ivangura rikomeye kuyandi moko y’abatuye isi.

Ni ikimenyetso kigaragaza urwango rukomeye ku muntu wese utari umuzungu.

Kugeza ubu rero benshi bibaza niba Zelensky yaba koko ari umu Nazi bityo Putin akaba yaratangiye intambara afite ibimenyetso byose, cyane  kobizwiko igihugu cy’u Burusiya aricyo cyatsinze Hitler kikamubuza kwigarurira u Burayi nkuko Hitler yari yarabirahiriye.

Ku rundi ruhande ariko kandi amakuru tutarabasha kubonera ibimenyetso bihagije, avuga ko Zelensky ubwe, afatanyije na America n’u Burusiya bateguye intambara ya Ukraine bityo ibiri kuba byose bakaba babiziranyeho, ariko byose bikaba bikorwa mu buryo bwo gushyira mu bikorwa ubutumwa bahawe n’abayobozi bakuru b’isi.

Aya makuru turacyari kuyishakira ibimenyetso nibimara kuzura neza tuzayabagezaho mu buryo burambuye.

Mu rukerera rwo ku wa Kane tariki ya 24 Gashyantare, Televiziyo y’u Burusiya yatunguye Isi, ihindura gahunda y’ibiganiro mu buryo butunguranye, maze ishyiraho Ijambo rya Perezida Vladimir Putin.

Ni ijambo ryaje bwije cyane, Putin amenyesha abaturage ko yategetse Ingabo z’Igihugu cye kwinjira muri Ukraine mu bikorwa bya gisirikare, bigamije gutabara abaturage ba Leta za Luhansk na Donetsk ziyomoye kuri Ukraine, we yitaga ko bamaze igihe bakorerwa Jenoside na Leta ya Ukraine, badacana uwaka kuva mu 2014.

Mu magambo yuje uburakari Putin yagize ati: “Nafashe umwanzuro wo gutangiza ibikorwa bidasanzwe bya gisirikare. Bigamije gutabara abaturage bamaze igihe babuzwa amahwemo. Hashize imyaka umunani bakorerwa Jenoside na Leta ya Kyiv”.

“Uzagerageza kutwitambika atuzanaho iterabwoba, u Burusiya ntibuzazuyaza kumwishyura kandi bizagira ingaruka mutigeze mubona mu mateka. Turiteguye”.

Putin yateye Ukraine nyuma y’iminsi bigaragarira buri wese kubera umubare w’ingabo ze wari wongerewe ku mipaka igabanya u Burusiya na Ukraine.

Kuri ubu Ingabo z’u Burusiya zizengurutse Umurwa Mukuru wa Ukraine, Kyiv, mu gihe izindi zatangiye kwigarurira indi mijyi hirya no hino mu gihugu.

Ibihano mpuzamahanga bikomeje gufatirwa u Burusiya ngo barebe ko Putin yacika intege agahagarika ibitero kuri Ukraine, icyakora bisa nk’aho nta musaruro ufatika biri gutanga.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/Dmf_w1XDgek

https://youtu.be/OCZmbyvaoG8

https://youtu.be/7jbOXCXHmzE

https://youtu.be/PeKMcst2-QE

https://youtu.be/hMHdfBxUtKo

https://youtu.be/Xz2BV2_-2hg

https://youtu.be/3vHUFVQ2RlQ

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *