Ingabire Marie Immaculée yihanije uwashyize hanze amashusho amugaragaza ari kunywa itabi

Umuyobozi w’umuryango Transparency International Rwanda urwanya ruswa n’akarengane, Ingabire Marie Immaculée, yihanije uwashyize ku rubuga nkoranyambaga amashusho amugaragaza anywa itabi.

Aya mashusho y’amasegonda 30 yashyizwe ku rubuga rwa Twitter muri Nyakanga 2021. Amugaragaza ari mu nama yifashishaga ikoranabuhanga rya Zoom.

Muri aya mashusho, Ingabire agaragara acanira isigara, hanyuma akaritumura nk’uko bisanzwe bigenda, ariko anatega amatwi ubutumwa butangwa n’umwe mu bitabiriye iyi nama.

Icyo gihe kuri uru rubuga habaye impaka nyinshi zatewe no kutuma kimwe iki gikorwa cya Ingabire, gusa we ntacyo yigeze atangaza, keretse gukora ‘retweet’ y’ibitekerezo by’abari bamushyigikiye.

Ingabire yitabiriye ikiganiro kuri Isimbi TV, cyasohotse kuri uyu wa 3 Gicurasi 2022 cyavugirwagamo ingingo zirimo imitekerereze idakwiye ishyiraho itandukaniro hagati y’umugabo n’umugore, mu migirire n’imyitwarire.

Umunyamakuru yavuze ko iyo umugabo agaragaye mu modoka anywa tabi, abantu bumva ari ibisanzwe ariko umugore yabikora, bakumva byacitse.

Ingabire yahise asubiza ko umugore abaye arinyoye ntacyo byaba bitwaye, yitangaho urugero ko na we arinywa.

Yagize ati: “Nanjye ndarinywa, ndinywa igihe nshakiye”.

Yahise yibutswa aya mashusho yashyizwe amugaragaza arinywera mu nama, maze yihaniza uwayashyizeho.

Ati: “None! Oya, n’uwagashyizeho ni ikigoryi. Reka mbikubwize n’ukuri. Ni ikigoryi! Ubyumve neza. Yari abuze ikindi yashyiraho? Igikorwa gihanwa n’amategeko nari nkoze ni ikihe? Ushobora kumbwira itegeko nari nishe?”

Ingabire yavuze ko kuba yanywa itabi, kuba yanywera inzoga mu ruhame no gukora ibindi bamwe bafite imyumvire ko ‘bidakwiye ku mugore’ ariko bitagize uwo bibangamira, ari uburenganzira bwe.

Avuga ko ababyibazaho baba babuze ibindi bakora.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *