Kera kabaye Bruce Melodie yasubije umukobwa witwa Agasaro wamusabye indezo y’umwana avuga ko babyaranye

Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, yasubije Agasaro wamusabye indezo y’umwana avuga ko babyaranye, aho yatangaje ko guhera ubu nta kibazo cy’umwana azongera kuzana mu itangazamakuru cyane cyane iby’uko bari kumusaba indezo y’umwana, kuko umwana ari umutware. 

Mu mpera z’ukwezi gushize, nibwo umukobwa witwa Agasaro Diane yongeye guhagurukira uyu muhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda, aho yavugaga ko ashaka indezo y’umwana w’umukobwa avuga ko babyaranye bitaba ibyo akamujyana mu butabera, kuko agomba kuzuza inshingano nk’umugabo.  

Kuri uwo munsi kandi hatangiye gusakara ibaruwa yandikiwe umuhanzi Bruce Melodie na 1:55 AM, yasabaga uyu muhanzi kuzuza inshingano ze nk’umugabo.  

Umuhanzi Bruce Meleodie binyuze kuri 1:55 AM Media yatangaje ko icyo kibazo cy’indezo nta kintu yakivugaho kuko umwana hari uburenganzira aba agombwa.  

Yagize ati “Ibintu birimo abana ntabwo nkibivugaho cyane, kera ntaraba umuntu mukuru najyaga mbiganiraho ariko aho maze gukurira namenye ko umwana ari umutware mpita ndekera, nanabasezeranya ko uretse n’uyu munsi n’ikindi gihe ntazabivugaho.” 

Kuri ubu Bruce Melodie akaba ari kubarizwa mu gihugu cya Nigeria aho yagiye gufatira amashusho y’indirimbo ye ’Suweto’ imwe mu ndirimbo zizaba ziri kuri Album ye yitegura gusohora yitwa ‘Sample.’ 

 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *